Mu basomyi ba Taarifa hari umugore cyangwa umugabo ufite inshuti cyangwa uwo bashakanye ugiye kumara amezi atandatu afunzwe ‘by’agateganyo.’ Impaka mu banyamategeko ku mpamvu zitera ubucucike...
Mu gihe mu nkiko z’u Rwanda hadasiba kwinjira amadosiye mashya, ku rundi ruhande ubutabera bw’u Rwanda bufite ibibazo birimo n’igabanuka rigaragara ry’abacamanza. Ubu babarirwa muri 318...
Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi...
Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yabwiye abandi bayobozi mu nzego zitandukanye basanzwe bari muri FPR-Inkotanyi ko kimwe mu bibazo u Rwanda rufite mu butabera bwarwo ari uko...
Ibi byagarutsweho na Visi Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Madamu Marie-Thèrese Mukamulisa mu muhango wo kurangiza gahunda yo gusuzuma ibibazo bisaba gusubirishamo imanza ku mpamvu z’akarengane waraye ubereye...