Mu rwego rwo gutanga ubutabera binyuze mu bwiyunge no kubaka amahoro, Guverinoma y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gusaba imbabazi bikozwe n’uwahemutse bityo uwahemukiwe akamubabarira, bakiyunga kandi...
Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yabwiye abandi bayobozi mu nzego zitandukanye basanzwe bari muri FPR-Inkotanyi ko kimwe mu bibazo u Rwanda rufite mu butabera bwarwo ari uko...
Ibi byagarutsweho na Visi Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Madamu Marie-Thèrese Mukamulisa mu muhango wo kurangiza gahunda yo gusuzuma ibibazo bisaba gusubirishamo imanza ku mpamvu z’akarengane waraye ubereye...
Raporo y’inkiko mu mwaka wa 2020/21 igaragaza ko imanza zasabiwe gusubirwamo ku mpamvu z’akarengane zageze ku 2033, mu gihe imanza zamaze gusesengurwa byagaragaye ko izabonetsemo akarengane...
Perezida Paul Kagame yasabye ko ibihano bitangwa ku bafata abagore ku ngufu n’abasambanya abana byongerwa, nk’uburyp bwatuma abantu barushaho kubigendera kure. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere...