Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaharanira Kuba Miss Rwanda Basuye Uruganda Rutunganya Indabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Abaharanira Kuba Miss Rwanda Basuye Uruganda Rutunganya Indabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2021 11:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni uruganda rwitwa Bella Flowers ruri mu Murenge wa Gishali mu Karere ka Rwamagana. Abakobwa bari gutegurirwa kuzavamo Nyampinga w’u Rwanda 2021 basuye ruriya ruganda kugira ngo barebe uko zitegurwa mbere y’uko zoherezwa ku isoko mpuzamahanga.

Aba bakobwa bamaze iminsi basura ahantu hatandukanye harimo no mu kigo cyageneye ivatiri umukobwa uzaba Miss Rwanda 2021 kitwa Hyundai.

Ikigo cya Bella Flowers cyubatwe ku buso bwa  Hegitari 65. Kuva ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali ugera aho kiriya kigo kiri hari ibilometero 65.

Indabo zerera ku bushyuhe bwa degree Celsius ziri hagati ya 17 na 25, aha ni mu gihe cy’itumba n’aho mu mpeshyi zikerera ku bushyuhe bwa degree Celsius ziri hagati ya 55 na 60.

Amazi azuhira ava mu Kiyaga cya Muhazi.

Indazo zeramo ziba zarahumbitswe mu nzu zabugenewe bita greenhouses zubatswe ku buso bwa Hegitari 20.

Hari yazo hari amacumbi y’abakozi bizitaho.

Urubuga rw’Ikigo Bella Flowers handitse ko abakozi bacyo baba baratoranyijwe mu buryo bwitondewe kugira ngo bite kuri ziriya ndabo, nazo zizatange umusaruro abakiliya bifuza.

Ni indabo z’amoko 18
Aba bakobwa baritegura kuzavamo Miss Rwanda 2021
Indabo zera muri kariya gace
TAGGED:BellafeaturedFlowersHyundaiIndaboMissNyampingaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Biden Yirinze Kuvuga Byinshi Kubishinjwa Guverineri Wa New York
Next Article Rwanda FDA Yakuye Ku Isoko Ubuki Yatahuye Ko Bwongerwamo Isukari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?