Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abahatanira Ikamba Rya Miss 2021 Baratiwe Imodoka Uzabahiga Azatwara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Abahatanira Ikamba Rya Miss 2021 Baratiwe Imodoka Uzabahiga Azatwara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2021 1:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakobwa 20 baherutse gutoranyirizwa kujya mu mwiherero uri kubera mu Bugesera bitegura kuzatoranywamo Miss Rwanda 2021 beretswe kandi baratirwa ubwiza bw’imodoka uzabahiga azegukana.

Baretswe iyo modoka yo mu bwoko bwa Hyundai Creta 2021, barekwa uko amatara yayo acana neza, indorerwamo zerekana ibinyabiziga bituruka inyuma, imbere aho umushoferi arebera ibipimo biranga ubuzima bwayo n’ibindi.

Bafunguriwe imiryango yayo barebamo imbere uko isa, bamwe bicaramo ngo bumve uko imifariso yayo imeze neza n’ibindi.

Ifite ikoranabuhanga rya Bluetooth imbere, ikagira radio nini, ikagira uburyo bwo gufata video(ni ukuvuga ko ifite za camera), ifite igisenge gifunguka.

Iyi modoka yose ifite agakico ka miliyoni 38 Frw havanyweho imisoro.

Imbere yayo uko hateye
Iyi modoka ifite agaciro ka Miliyoni zirenga 30 havanywemo n’imisoro
TAGGED:AbakobwaBugeserafeaturedHyundaiMiss
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiciro Ku Isoko Byiyongereyeho 1.6%
Next Article Rusesabagina Yivumbuye Mu Rukiko Atangaza Ko Urubanza Rwe Aruhagaritse
1 Comment
  • Adam says:
    12 March 2021 at 3:16 pm

    Aba n’abo bakize batavunitse!

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?