Yemye nta gihunga afite, Denis Kazungu yabwiye Urukiko ko yishe abo ubushinjacyaha bumushinja kuko bamuteye SIDA ku bushake. Icyakora Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry B. Murangira...
Ubushinjacyaha bwamaze kugeza dosiye ya Denis Kazungu mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo ruzamukurikirane ku byaha avugwaho gukora birimo n’ubwicanyi. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko...
Umwe mu bakobwa bitabiriye Ihuriro ry’Urubyiruko rya Youth Connekt ya 10 iheruka, yabwiye Taarifa uko amafunguro bagaburiwe yari ateye. Avuga ko mu gitondo bafashe ibiribwa bizima,...
Mu Bushinwa hari inkuru mbi y’igisenge cyagwiriye abana bari bari mu kibuga bitoza imikino itandukanye. Abana 11 bahise bahagwa kandi biganjemo abakobwa. Bakinaga umukino witwa Netball....
Guhera taliki 05, Kamena, 2023 mu Rwanda hazatangira irushanwa mpuzamahanga ry’umukino wa Tennis ryitwa Billie Jean King Cup. Abanyarwandakazi bazaryitabira bavuga ko batazahira aho, ahubwo bazatahana...