Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakinnyi Ba AS Kigali Bivumbuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abakinnyi Ba AS Kigali Bivumbuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2023 11:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aba bakinnyi bavuze ko badashobora gukomeza gukora imyitozo kubera ko hari ibirarane bafitiwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe.

Basabye ko bagirana inama n’ubuyobozi bwa AS Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 30, Ugushyingo, 2023.

Amakuru avuga ko ubuyobozi bwa AS Kigali bumaze amezi abiri budahemba abakinnyi ndetse ngo hari n’abo ibirarane bimaze kuba iby’amezi atatu.

Ibyo kandi bigendana n’uko batarahabwa uduhimbazamusyi tw’imikino ibiri iherutse gukinwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

AS Kigali imaze amezi abiri idahemba abakozi bayo ndetse amakuru IGIHE yamenye ni uko hari n’ababerewemo ibirarane by’amezi atatu n’uduhimbazamusyi tw’imikino ibiri.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 30 Ugushyingo, abakinnyi bake ni bo bitabiriye imyitozo.

Icyakora nabo nta kindi bakoze uretse kugera mu rwambariro ariko ntibagera mu kibuga nyirizina.

Basaba  ko babanza kuganira n’ubuyobozi buhagarariwe na Team Manager, Bayingana Innocent, kuko abandi bose basa n’abasize ikipe bakagenda.

Abakinnyi ba AS Kigali barifuza kuganira n’abatoza n’ubuyobozi ndetse ngo muri iyo nama haraza kugaragaramo  Cassa Mbungo André wari usanzwe ari umutoza mukuru w’iyi kipe uri busezere ku bo bakoranaga.

- Advertisement -
Cassa Mbungo Andre
TAGGED:AS KigaliKigaliMbugoUbuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kissinger Waremye Politiki Mpuzamahanga Y’Amerika Mu Gihe Kirekire Yatabarutse
Next Article Perezida W’Ubudage Yageze Muri Qatar Abanza Kubura Umwakira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

APR FC Yatsinze Rayon Iyirusha Bifatika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Intumwa Yihariye Y’Ubwongereza Mu Karere Irasura u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Igiye Kongera Kumvana Imitsi Na APR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?