Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakinnyi Ba AS Kigali Bivumbuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Abakinnyi Ba AS Kigali Bivumbuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2023 11:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aba bakinnyi bavuze ko badashobora gukomeza gukora imyitozo kubera ko hari ibirarane bafitiwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe.

Basabye ko bagirana inama n’ubuyobozi bwa AS Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 30, Ugushyingo, 2023.

Amakuru avuga ko ubuyobozi bwa AS Kigali bumaze amezi abiri budahemba abakinnyi ndetse ngo hari n’abo ibirarane bimaze kuba iby’amezi atatu.

Ibyo kandi bigendana n’uko batarahabwa uduhimbazamusyi tw’imikino ibiri iherutse gukinwa.

AS Kigali imaze amezi abiri idahemba abakozi bayo ndetse amakuru IGIHE yamenye ni uko hari n’ababerewemo ibirarane by’amezi atatu n’uduhimbazamusyi tw’imikino ibiri.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 30 Ugushyingo, abakinnyi bake ni bo bitabiriye imyitozo.

Icyakora nabo nta kindi bakoze uretse kugera mu rwambariro ariko ntibagera mu kibuga nyirizina.

Basaba  ko babanza kuganira n’ubuyobozi buhagarariwe na Team Manager, Bayingana Innocent, kuko abandi bose basa n’abasize ikipe bakagenda.

Abakinnyi ba AS Kigali barifuza kuganira n’abatoza n’ubuyobozi ndetse ngo muri iyo nama haraza kugaragaramo  Cassa Mbungo André wari usanzwe ari umutoza mukuru w’iyi kipe uri busezere ku bo bakoranaga.

Cassa Mbungo Andre
TAGGED:AS KigaliKigaliMbugoUbuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kissinger Waremye Politiki Mpuzamahanga Y’Amerika Mu Gihe Kirekire Yatabarutse
Next Article Perezida W’Ubudage Yageze Muri Qatar Abanza Kubura Umwakira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Icyerekezo Minisiteri Y’Uburezi Ifite Ku Mubare W’Abarimu

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

Menya Uko u Rwanda Rwakiriye Amasezerano Yasinywe Hagati Ya Kinshasa Na AFC/M23

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

Kicukiro: Abagore Bigishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

You Might Also Like

Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?