Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi Ba RIB Bari Gukarishya Ubumenyi Mu By’Amategeko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abakozi Ba RIB Bari Gukarishya Ubumenyi Mu By’Amategeko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2023 2:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakorera Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bari mu Karere ka Nyanza ahari ishuri rigisha iby’amategeko mu mahugurwa y’iminsi itatu. Ni uburyo bwo gukarishya ubumenyi mu by’amategeko kugira ngo barusheho guha abaturage serivisi nziza.

Ni amahugurwa bari guhererwa hamwe n’abakora mu rwego rw’abinjira n’abasohoka.

Insanganyamatsiko y’aya mahugurwa igira iti:” …Kongerera abaturage uburyo bwo guhabwa ubutabera mu Karere k’Ibiyaga bigari.”

Bari guhabwa amahugurwa n’umuryango utari uwa Leta witwa iPeace uharanira ko amahoro asagamba mu Karere k’ibiyaga bigari.

Abayitabiriye kandi bararebera hamwe uko inkingi y’amahoro arambye igaragara mu ntego za UN z’iterambere rirambye yagerwaho mu buryo bwuzuye.

Ikigo ILPD ni ikigo gitanga amasomo y’amategeko ku rwego rwa Kaminuza.

Mu magambo arambuye kitwa Institute of Legal Practice and Development.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugizwe n’abize amategeko n’abize kugenza ibyaha.

Kwiga ni uguhozaho. Bari guhugurwa mu by’amategeko
TAGGED:AbagenzacyahaAmategekoKaminuzaNyanzaRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi W’Ubumwe Bw’Uburayi Ari Mu Rwanda
Next Article Mu Bipangu By’Abakire Mu Rwanda Ngo Ihohoterwa Rirakomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?