Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi Ba RIB Bari Gukarishya Ubumenyi Mu By’Amategeko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abakozi Ba RIB Bari Gukarishya Ubumenyi Mu By’Amategeko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2023 2:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakorera Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bari mu Karere ka Nyanza ahari ishuri rigisha iby’amategeko mu mahugurwa y’iminsi itatu. Ni uburyo bwo gukarishya ubumenyi mu by’amategeko kugira ngo barusheho guha abaturage serivisi nziza.

Ni amahugurwa bari guhererwa hamwe n’abakora mu rwego rw’abinjira n’abasohoka.

Insanganyamatsiko y’aya mahugurwa igira iti:” …Kongerera abaturage uburyo bwo guhabwa ubutabera mu Karere k’Ibiyaga bigari.”

Bari guhabwa amahugurwa n’umuryango utari uwa Leta witwa iPeace uharanira ko amahoro asagamba mu Karere k’ibiyaga bigari.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abayitabiriye kandi bararebera hamwe uko inkingi y’amahoro arambye igaragara mu ntego za UN z’iterambere rirambye yagerwaho mu buryo bwuzuye.

Ikigo ILPD ni ikigo gitanga amasomo y’amategeko ku rwego rwa Kaminuza.

Mu magambo arambuye kitwa Institute of Legal Practice and Development.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugizwe n’abize amategeko n’abize kugenza ibyaha.

Kwiga ni uguhozaho. Bari guhugurwa mu by’amategeko
TAGGED:AbagenzacyahaAmategekoKaminuzaNyanzaRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi W’Ubumwe Bw’Uburayi Ari Mu Rwanda
Next Article Mu Bipangu By’Abakire Mu Rwanda Ngo Ihohoterwa Rirakomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?