Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi Ba RIB Bari Gukarishya Ubumenyi Mu By’Amategeko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abakozi Ba RIB Bari Gukarishya Ubumenyi Mu By’Amategeko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2023 2:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakorera Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bari mu Karere ka Nyanza ahari ishuri rigisha iby’amategeko mu mahugurwa y’iminsi itatu. Ni uburyo bwo gukarishya ubumenyi mu by’amategeko kugira ngo barusheho guha abaturage serivisi nziza.

Ni amahugurwa bari guhererwa hamwe n’abakora mu rwego rw’abinjira n’abasohoka.

Insanganyamatsiko y’aya mahugurwa igira iti:” …Kongerera abaturage uburyo bwo guhabwa ubutabera mu Karere k’Ibiyaga bigari.”

Bari guhabwa amahugurwa n’umuryango utari uwa Leta witwa iPeace uharanira ko amahoro asagamba mu Karere k’ibiyaga bigari.

Abayitabiriye kandi bararebera hamwe uko inkingi y’amahoro arambye igaragara mu ntego za UN z’iterambere rirambye yagerwaho mu buryo bwuzuye.

Ikigo ILPD ni ikigo gitanga amasomo y’amategeko ku rwego rwa Kaminuza.

Mu magambo arambuye kitwa Institute of Legal Practice and Development.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugizwe n’abize amategeko n’abize kugenza ibyaha.

Kwiga ni uguhozaho. Bari guhugurwa mu by’amategeko
TAGGED:AbagenzacyahaAmategekoKaminuzaNyanzaRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi W’Ubumwe Bw’Uburayi Ari Mu Rwanda
Next Article Mu Bipangu By’Abakire Mu Rwanda Ngo Ihohoterwa Rirakomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?