Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, (RICA) buvuga ko umucuruzi cyangwa umunyenganda utazamanika ibiciro ahagaragara, azabihanirwa. Byatangajwe mu nyandiko yasohowe n’Iki...
Jacob Oulanyah wayobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana nk’uko itangazamakuru rya Uganda ribitangaza. Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga. Countrymen and...
Ivugururwa ry’umushinga w’itegeko rishobora kwemerera abavoka bo mu Rwanda no mu Burundi gukorera umwuga wabo muri Kenya rikomeje guteza impaka, hagati y’Abadepite bamwe n’Intumwa Nkuru ya...
Perezida Paul Kagame yavuze ko yasabye inzego bireba gusuzuma ibijyanye n’imikoreshereze y’imihanda, nyuma y’uko abantu benshi bakomeje kubitindaho bavuga ko mu bihano birimo gutangwa harimo akarengane....
Mathias Rutikanga ni umugabo abenshi mu bakoresha umuhanda Kayonza-Gatsibo bakunze kubona ari kwigisha abantu amwe mu mahame agenga ubukungu, ariko akanababwira n’Ibyanditswe Byera. Yabwiye Taarifa ko...