Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abamugariye Ku Rugamba ‘Batishoboye’ Bagenewe Amafaranga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abamugariye Ku Rugamba ‘Batishoboye’ Bagenewe Amafaranga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 April 2023 5:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko hagenwe amafaranga(atatangajwe umubare) yo gutunga abamugariye ku rugamba ‘batishoboye’.

Nta makuru arambuye kuri uyu mwanzuro aratangazwa.

Ku mbuga nkoranyambaga, abaturage bishimiye uyu mwanzuro bavuga ko uje gufasha abitangiye igihugu bakahamugarira nyuma bakaza kugira n’ubuzima bubi.

Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga witwa Ntambara yagize ati: “  Ni umwanzuro mwiza ariko mu kuwushyira mu bikorwa hazirindwe ko hagira uwirengagizwa bitewe na ruswa cyangwa ikimenyane”.

Abandi bamusubije ko mu ngabo z’u Rwanda habamo ubudasa butagira aho buhurira n’ikimenyane gikunze kuvugwa mu basivili.

Undi muturage yifuje ko iby’ayo mafaranga byakwihutishwa, abo agenewe bakayabona hakiri kare kuko muri ‘iki gihe’ ubuzima buhenze.

Guverinoma yemeje uyu mushinga nyuma y’igihe gito yongerereye abarimu umushahara ndetse ishyira n’amafaranga mu kigega kitwa UMWALIMU SACCO yo kumufasha kubona inguzanyo itamuhenze ku nyungu .

Mbere y’ibi hari andi mafaranga abarirwa muri miliyari nyinshi Leta yashyize mu kigega nzahurabukungu kigamije gufasha inzego zashegeshwe na COVID-19 kongera kwiyubaka.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edourd Ngirente yigeze kubwira itangazamakuru ko Guverinoma izakora ibishoboka byose ikazamura imibereho y’abaturage mu ngeri zabo zitandukanye.

🚨AMAKURU MASHYA🚨

Itangazo ry'ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane. #RBAAmakuru pic.twitter.com/kojJWs3963

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) April 20, 2023

TAGGED:AbaminisitirifeaturedInamaIngaboLeta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Huye: Kubona Abaguye Mu Kirombe Cya Metero 80 Biracyari Ingorabahizi
Next Article Huye: Abafite Ababo Bagwiriwe N’Ikirombe Hari Icyo Basaba Leta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?