Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abamugariye Ku Rugamba ‘Batishoboye’ Bagenewe Amafaranga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abamugariye Ku Rugamba ‘Batishoboye’ Bagenewe Amafaranga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 April 2023 5:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko hagenwe amafaranga(atatangajwe umubare) yo gutunga abamugariye ku rugamba ‘batishoboye’.

Nta makuru arambuye kuri uyu mwanzuro aratangazwa.

Ku mbuga nkoranyambaga, abaturage bishimiye uyu mwanzuro bavuga ko uje gufasha abitangiye igihugu bakahamugarira nyuma bakaza kugira n’ubuzima bubi.

Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga witwa Ntambara yagize ati: “  Ni umwanzuro mwiza ariko mu kuwushyira mu bikorwa hazirindwe ko hagira uwirengagizwa bitewe na ruswa cyangwa ikimenyane”.

Abandi bamusubije ko mu ngabo z’u Rwanda habamo ubudasa butagira aho buhurira n’ikimenyane gikunze kuvugwa mu basivili.

Undi muturage yifuje ko iby’ayo mafaranga byakwihutishwa, abo agenewe bakayabona hakiri kare kuko muri ‘iki gihe’ ubuzima buhenze.

Guverinoma yemeje uyu mushinga nyuma y’igihe gito yongerereye abarimu umushahara ndetse ishyira n’amafaranga mu kigega kitwa UMWALIMU SACCO yo kumufasha kubona inguzanyo itamuhenze ku nyungu .

Mbere y’ibi hari andi mafaranga abarirwa muri miliyari nyinshi Leta yashyize mu kigega nzahurabukungu kigamije gufasha inzego zashegeshwe na COVID-19 kongera kwiyubaka.

Minisitiri w’Intebe Dr. Edourd Ngirente yigeze kubwira itangazamakuru ko Guverinoma izakora ibishoboka byose ikazamura imibereho y’abaturage mu ngeri zabo zitandukanye.

🚨AMAKURU MASHYA🚨

Itangazo ry'ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane. #RBAAmakuru pic.twitter.com/kojJWs3963

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) April 20, 2023

TAGGED:AbaminisitirifeaturedInamaIngaboLeta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Huye: Kubona Abaguye Mu Kirombe Cya Metero 80 Biracyari Ingorabahizi
Next Article Huye: Abafite Ababo Bagwiriwe N’Ikirombe Hari Icyo Basaba Leta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?