Abahanga bo mu bihugu bigize Umuhora wo hagati( Central Corridor) baherutse mu Burundi mu nama ibanziriza y’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa remezo. Baherutse kwigira hamwe uko inzira z’uyu...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri, uvuga ko hagenwe amafaranga(atatangajwe umubare) yo gutunga abamugariye ku rugamba ‘batishoboye’. Nta makuru arambuye kuri uyu mwanzuro aratangazwa....
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yahinduye abayigize. Minisitiri w’Intebe Sama Lukonde ashimirwa ko itsinda yashyizeho yaritoranyije neza kandi ko rizagira uruhare mu gutuma amahoro...
Muri Afghanistan hari ikibazo cyo kubura abanyabwenge bakora akazi ka Leta karimo ubuyobozi bwa Politiki. Ibi bituma Abatalibani biganjemo abahoze barwanya Amerika ari bo bagakora kandi...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Mata, 2022, Inama y’Abaminisitiri iri guterana. Ni Inama iteranye mu gihe ibintu hafi ya byose byafunguwe ngo...