Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana 11 B’Abakobwa Bagwiriwe N’Inzu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abana 11 B’Abakobwa Bagwiriwe N’Inzu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 July 2023 2:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Bushinwa hari inkuru mbi y’igisenge cyagwiriye abana bari bari mu kibuga bitoza imikino itandukanye. Abana 11 bahise bahagwa kandi biganjemo abakobwa. Bakinaga umukino witwa Netball.

Byabereye mu kigo cy’amashuri kiri ahitwa Longsha mu Karere ka Qiqihar mu Ntara ya Heilongjiang.

Ikinyamakuru cya Leta y’Ubushinwa kitwa Xinhua kivuga ko abana 15 ari bo bari baheze mu bisate by’icyo gisenge cyagwanye n’inkuta zari zigiteruye.

Abatabazi baje bagerageza gukuramo abantu basanga bane ari bo bakiri bazima.

Umwe mu babyeyi bafite umwana wagwiriwe na kiriya gisenge avuga ko bariya bana bari baratoranyijwe mu mashuri atandukanye kubera ubuhanga bari barerekanye muri uriya mukino.

Afite umwana w’imyaka 16 nawe wari waje kwitoza volleyball mu kindi cyumba kigize inzu y’imikino yabereyemo biriya byago.

Kugeza ubu nta makuru avuga ko haba hari umuntu mukuru waguye muri iriya mpanuka aravugwa ahantu aho ari ho hose.

Inzu yose yari irimo abantu 19.

 

TAGGED:AbakobwaAbanaBushinwaIgisengeUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mgr Mbanda Avuga Ko Gushyigikira Abatinganyi Ari Ugusenya Umuryango
Next Article Umushinjacyaha Arasobanurira u Rwanda Aho Ibya Kayishema Bigeze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?