Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana 220,000 Biganjemo Abakobwa Bari Gukorerwa Isuzumabumenyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Abana 220,000 Biganjemo Abakobwa Bari Gukorerwa Isuzumabumenyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 July 2025 8:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abana b'abakobwa nibo biganje mubakoze ibi bizamini( Ifoto@RBA)
SHARE

Abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205 bari gukora ibizamini bya Leta bibavana mu mashuri abanza binjira muyisumbuye. Bose hamwe ni abantu 220,000, barimo abanyeshuri 642 bafite ubumuga.

Barahatanira gutsinda amasomo y’umwaka w’amashuri wa 2024/2025.

Ikorwa ry’ibyo bizamini ryatangijwe kuri uyu wa Mbere na Minisitiri w’uburezi Joseph Nsengimana wavuze ko ibizamini abo bana bari gukora bizerekana abemerewe kurangiza amashuri abanza bakajya mu yisumbuye hashingiwe ku mitsindire yabo.

Abana bategura kujya gukora ibizamini.(Ifoto@ Kigali Today)

Nsengimana yabwiye itangazamakuru ko abana bafite ubumuga bashyiriweho uburyo buboneye bwo kubafasha gukora ibizamini nta mbogamizi kandi yishimira ko abakobwa ari benshi ugereranyije na basaza babo bitabiriye biriya bizimi.

Ibi bizamini bizakurikirwa n’ibizamini bya Leta mu mashuri yisumbuye bizatangira taliki ya 9, Nyakanga 2025.

Muri bariya bana bose batangiye biriya bizami, abo mu Mujyi wa Kigali ni  29,262.

Uko ingengabihe y’ibizamini iteye
TAGGED:AbakobwaAbanafeaturedIbizaminiKigaliNsengimanaUbumuga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Muri Ituri Hadutse Inyeshyamba Zitwa Zaїre
Next Article Amb.Gatete Ati: “Muhindure Amagambo Mo Ibikorwa”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?