Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Bazize Jenoside Ubu Bari Kuba Ari Inkumi N’Abasore- Miss Muheto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana Bazize Jenoside Ubu Bari Kuba Ari Inkumi N’Abasore- Miss Muheto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2022 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2022 yifatanyije n’abandi Banyarwanda kwibuka abana bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Yabivugiye  ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyanza aho yari yagiye kwifatanya n’abagize Foundation Ndayisaba Fabrice.

Nyuma yo gushyira indabo ku rwibutso, Miss Muhito Divine Nshuti yavuze ko kwica abana ari icyaha gikomeye kandi cyahombeje u Rwanda mu gihe kirambye kubera ko abana bishwe, iyo baza kuba bagihumeka, ubu baba ari ingirakamaro ku Rwanda.

Muri iki gihe bari kuba barabyaye bahekeye kandi barerera u Rwanda.

Yavuze ko n’ubwo biriya byabaye bariya bana bakicwa, ariko urubyiruko ruriho muri iki gihe rufite inshingano zo kubaka u Rwanda no kururinda ko rwahungabana.

Ati: “ Nk’urubyiruko, twiteguye kuba aho aba bana bishwe muri Jenoside bari kuba bari. Tuzakora ibyo dushoboye byose tube ababyeyi n’abayobozi beza b’iki gihugu.”

"The children we are remembering today would be now adults and serving the country, but their lives were taken by the devil. We are saddened by what happened and we commit to fight the genocide and its ideology so that it never happens again" – Miss @Muheto_nshuti. #Kwibuka28 pic.twitter.com/N25ga3NxS8

— Miss Rwanda (@MissRwandaDotRW) April 10, 2022

Abaje gushyira indabo ku rwibutso rwa Gisozi barimo n’abana bafashwa na Foundation Ndayisaba Fabrice.

Iyi Foundation ifasha abana bari mu biruhuko kubona aho bahurira bakiga, bakaganira, bamwe bakigira ku bandi.

Bigishwa ibintu bitandukanye birimo ubumenyi rusange ariko n’ibindi bigize indangagaciro n’ikinyabupfura mu Banyarwanda.

Buri taliki 09, Mata, muri mwaka Foundation Ndayisaba Fabrice yifatanya n’abana kwibuka bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi.

TAGGED:featuredJenosideMissMuhetoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubukangurambaga Bwa Kambanda Ashishikariza Intiti Gukora Jenoside
Next Article Rubavu: Hari Ahantu Hibukiwe Jenoside Yakorewe Abatutsi Ku Nshuro YA MBERE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?