Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Benshi Biciwe Mu Ishuri Ry’Incuke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abana Benshi Biciwe Mu Ishuri Ry’Incuke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 October 2022 2:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 06, Ukwakira, 2022 umugizi wa nabi yagiye mu ishuri ry’incuke riri ahitwa Na Klang muri Thailand arasa atarobanura mu bana bari baje kwiga. Bivugwa ko  uwabikoze yahoze ari umupolisi.

Nawe ngo yahise ahunga nk’uko RFI yabyanditse.

Mu guhunga kwe yagongesheje abantu imodoka yatwariraga ku muvuduko wo hejuru ahunga ko abapolisi bamufata.

Umuyobozi wa Polisi muri kariya karere witwa Jakkapat Vijitraithaya avuga ko byabaye mu masaha ya mu gitondo abana bari gukina.

Mu bantu 30 bapfuye, abana ni 23 bafite hagati y’imyaka ibiri n’imyaka itatu.

Wa mupolisi twavuze haruguru  atangaza ko uwabikoze yageze iwe arasa umugore we n’umwana bari bafitanye arangije ariyahura.

Mu mwaka wa 2020 hari undi mugabo wahoze mu ngabo za Thailand nawe yarashe abantu benshi nyuma yo kurakazwa n’uwari umuyobozi we.

Yabarasiye mu gace k’ubucuruzi kitwa Nakhon Ratchasima yica abantu 29.

TAGGED:AbanaIncukePolisiThailandUmugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Umukozi Wayo
Next Article Polisi Y’u Rwanda Irashaka Ubufatanye N’Iya Repubulika Ya Tchèque
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Umutoza W’Amavubi Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Amerika Yafashe Ubwato Bibiri Bw’Abarusiya Bwajyaga Muri Venezuela

You Might Also Like

Mu mahanga

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?