Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 137 Biciwe Mu Gitero Cyagabwe Muri Niger
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abantu 137 Biciwe Mu Gitero Cyagabwe Muri Niger

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2021 11:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Niger yatangaje ko abantu bitwaje intwaro bishe abantu 137, mu gitero cyagabwe ku Cyumweru hafi y’umupaka wa Mali.

Icyo gitero cyagabwe n’imitwe igendera ku mahame akaze yitirirwa idini ya Islam nyuma y’ikindi cyabaye mu minsi ishize cyahitanye abantu 66, ku buryo abantu 203 bishwe mu minsi itandatu gusa.

Ibi bitero bigabwa n’abantu bitwaje intwaro bagendera kuri za moto n’imodoka zifunguye inyuma, ni kimwe mu bibazo bikomereye perezida mushya w’icyo gihugu Mohamed Bazoum.

Umwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze yavuze ko abitwaje intwaro bagabye igitero ku biturage bya Intazayene, Bakorat na Wistane hafi y’umupaka wa Mali, bakarasa ikintu cyose cyatambukaga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Guverinoma ya Niger yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu guhera kuri uyu wa Kabiri, yiyemeza gukaza umutekano ku buryo abakomeje kugira uruhare muri ibyo bikorwa bazagezwa imbere y’ubutabera.

TAGGED:Mohamed BazoumNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr. Kayumba Christopher Yahamagajwe Na RIB
Next Article Ni Iki Abayobozi Muri Croix Rouge Y’U Rwanda Bakoze Cyabagejeje Mu Butabera?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?