Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 137 Biciwe Mu Gitero Cyagabwe Muri Niger
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abantu 137 Biciwe Mu Gitero Cyagabwe Muri Niger

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2021 11:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma ya Niger yatangaje ko abantu bitwaje intwaro bishe abantu 137, mu gitero cyagabwe ku Cyumweru hafi y’umupaka wa Mali.

Icyo gitero cyagabwe n’imitwe igendera ku mahame akaze yitirirwa idini ya Islam nyuma y’ikindi cyabaye mu minsi ishize cyahitanye abantu 66, ku buryo abantu 203 bishwe mu minsi itandatu gusa.

Ibi bitero bigabwa n’abantu bitwaje intwaro bagendera kuri za moto n’imodoka zifunguye inyuma, ni kimwe mu bibazo bikomereye perezida mushya w’icyo gihugu Mohamed Bazoum.

Umwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze yavuze ko abitwaje intwaro bagabye igitero ku biturage bya Intazayene, Bakorat na Wistane hafi y’umupaka wa Mali, bakarasa ikintu cyose cyatambukaga.

Guverinoma ya Niger yatangaje icyunamo cy’iminsi itatu guhera kuri uyu wa Kabiri, yiyemeza gukaza umutekano ku buryo abakomeje kugira uruhare muri ibyo bikorwa bazagezwa imbere y’ubutabera.

TAGGED:Mohamed BazoumNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr. Kayumba Christopher Yahamagajwe Na RIB
Next Article Ni Iki Abayobozi Muri Croix Rouge Y’U Rwanda Bakoze Cyabagejeje Mu Butabera?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu mahanga

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?