Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 30 Bajyanywe Bunyago Bavuye Gushyingura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abantu 30 Bajyanywe Bunyago Bavuye Gushyingura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 September 2022 2:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Young woman tied to a chair in a empty room, hands close up
SHARE

Muri Leta ya Zamfara muri Nigeria haravugwa ishimutwa ry’abantu 30 bafashwe guhera ku wa Gatandatu Taliki 03, Nzeri, 2022 kugeza n’ubu hakaba ntawe uzi irengero ryabo. Polisi iri gushakisha ngo imenye aho bari babe babohozwa ariko ntarahamenyekana.

Abafashwe bunyago bari bavuye gushyingura umuntu wabo ahitwa Ondo.

Umuvuguzi wa Polisi muri kiriya gice avuga ko bohereje abantu ngo bajye kuneka bamenye aho abo bantu bashimutiwe bityo hazategurwa igitero cya simusiga cyo kubabohoza.

Kugeza ubu bisa n’aho nta Cyumweru gishira nta muntu  cyangwa abantu bashimuswe.

Icyakora mu bafashwe( bari 31) mbere umwe yaje kubacika, ubu niwe uri gufasha Polisi kumenya aho abandi bashobora kuba bararengeye.

Abaturage bashinja Leta ko yananiwe kubarindira umutekano kuko bisa n’aho akaduruvayo n’urugomo ari byo byimitswe hirya no hino mu gihugu.

Hari n’abavuga ko nta munsi w’ubusa utambuka nta muntu ushimuswe.

Mu ntangiriro za Kamena, 2022 hari abarwanyi bagiye muri Kiliziya iri ahitwa Owo baharasira abantu 40 barabica hakomereka abandi bantu 90.

Nubwo hari ubwo Leta itangaza ko hari abarwanyi ‘benshi’ yishe, uko bigaragara Nigeria ni igihugu cyabaye indiri y’abagizi ba nabi kandi ibi bituma abaturage bashinja ubuyobozi kutita ku mutekano w’abayituye.

TAGGED:AbarwanyifeaturedGushimutaNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima Bwa Justin Bieber Bukomeje Kumutenguha
Next Article Ntabwo Afurika Yagombye Kuba Ishonje –Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?