Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu Bagomba Kwibaza Ikizakurikiraho Nyuma Y’Uko DRC Ihunga Ibiganiro- Mukuralinda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abantu Bagomba Kwibaza Ikizakurikiraho Nyuma Y’Uko DRC Ihunga Ibiganiro- Mukuralinda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2023 10:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangarije ko atitaba ibiganiro byari bumuhurize i Doha muri Qatar na mugenzi we Paul Kagame, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibyo DRC iri gukora bikwiye gutuma amahanga yibaza icyo ishaka nyuma yo kwanga ibiganiro.

Mukuralinda yabwiye Taarifa ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yanze kwitabira ibiganiro byari buyihuze n’u Rwanda, ari iturufu ubutegetsi bw’i Kinshasa bwafashe.

Mukaralinda ati: “…Wenda ibi biganiro byari bube ubundi buryo bwiza bwo kugera ku mahoro arambye.”

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda avuga ko kuba ubutegetsi bwa DRC ari bwo burega u Rwanda ko ari umwanzi wabwo wa mbere, uwa kabiri akaba M23 ariko bwahamagarwa ngo buganire n’urwo ruhande, bukabura ari ikintu amahanga yose akwiriye kwibaza.

Avuga ko buri gihe DRC yihunza ibiganiro  byo kuganirirwamo ibisubizo ku birego irega u Rwanda.

Ku ngingo yo kumenya niba intambara yeruye ishoboka hagati y’u Rwanda na DRC, Alain Mukuralinda yirinze kwerura ariko asa n’ukomoza ku ngingo y’uko nayo ishoboka.

Yagize ati: “ Niba udashaka kuganira n’abo uvuga ko mufitanye ikibazo, ubwo urashaka kuganira nande? Ubwo haba hari ibintu bibiri: gushaka ko umutekano muke ukomeza, cyangwa intambara yeruye…”

Abajijwe niba inzira y’ububanyi n’amahanga( diplomatie) yararangije kugera ku ndunduro k’uburyo igikurikiyeho ari intambara, Mukuralinda yavuze ko atari ko bimeze.

Yemeza ko ibiganiro bigishoboka kandi ko bizakomeza muri ubwo buryo ahubwo ko ikibazo ari DRC idashaka kubyitabira.

Tshisekedi Yasuzuguye Qatar Yashakaga Kumuhuza Na Kagame

TAGGED:DohafeaturedInamaKagameQatarTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yasuzuguye Qatar Yashakaga Kumuhuza Na Kagame
Next Article Polisi Y’u Rwanda Mu Mubano N’Iya Botswana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?