Abanyamakuru ba Al Jazeera n’abandi banyamakuru muri rusange bari mu gahinda batewe n’urupfu rw’umunyamakuru witwa Shireen Abu Akleh wiciwe mu mu kazi ari gutara amakuru y’imirwano...
Umugaba mukuru w’ingabo za Qatar witwa Lt. Gen (Pilot) Salem bin Hamad bin Mohammed bin Aqeel Al Nabit ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaraye yakiriwe...
Hashize igihe gito Perezida Kagame yakiriye uwaje guhagararira Qatar mu Rwanda. Uwo ni Misfer Bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani. Kuba Qatar ifite Ambasade mu Rwanda ni...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Qatar, rugamije gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi. Yakiriwe na Amir wa Qatar, Sheikh Tamim Bin...
Ikigo cy’indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyatangije ingendo zigana ku Kibuga Mpuzamahanga cy’indege cya Hamad (HIA) i Doha muri Qatar, bijyanye n’amasezerano iheruka kugirana na Qatar Airways....