Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanya Colombia Bakekwaho Kwica UmunyaPolitiki Wo Muri Equateur
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abanya Colombia Bakekwaho Kwica UmunyaPolitiki Wo Muri Equateur

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2023 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Peter utazi gushiraho caption
Peter utazi gushiraho caption
SHARE

Polisi ya Equateur yataye muri yombi abantu batandatu biganjemo abo bivugwa ko bakomoka muri Colombia ibakurikiranyeho kwica umunyapolitiki wari urimo kwiyamamariza kuyobora Equateur. Colombia iri mu bihugu bivugwamo urugomo kurusha ibindi ku isi.

Polisi ya Equateur yavuze ko abafashwe basanganywe impapuro zemeza ko bakomoka muri Colombia kandi ko bakorera mu itsinda ry’abagizi ba nabi rikorera kuri gahunda.

Villavicencio yari umunyapolitiki ukunzwe mu gihugu cye.

Aherutse kuraswa amasasu atatu mu mutwe ubwo yiyamamarizaga kuyoboza Equateur kandi ngo yahabwaga amahirwe yo kuyatsinda.

Yavugaga ko natorwa azahangana bikomeye n’abahinduye igihugu cye akarima b’abacuruza ibiiyobyabwenge biganjemo abakorera mu murwa mukuru Quito.

Uwamurashe nawe yaje kuraswa umugenda kugeza ubwo amaraso amushizemo arapfa.

Abapolisi baramusatse bagira ibyo bamusangana kandi ngo bizeye ko bizatuma iperereza rigera ku makuru yose akenewe ngo abagize uruhare muri buriya bwicanyi bafatwe.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu muri Equateur witwa Juan Zapata yabwiye itangazamakuru ko igihe n’imbaraga zose bizasaba ngo bariya bantu bafatwe, bizihanganirwa.

Si ubwa mbere abagizi ba nabi bo muri Colombia bavuzweho kwica abanyapolitiki bo mu bindi bihugu.

Mu mwaka wa 2021 bavuzwe mu bwicanyi bwakorewe uwari Perezida wa Haiti witwaga Jovenel Moise.

Uyu mugabo yishwe n’abanya Colombia bafatanyije n’Abanyamerika bakomoka muri Haiti.

Indi wasoma:

Abantu Bane Bakekwagaho Kwica Perezida Wa Haïti Bishwe Barashwe

TAGGED:AmatoraEquateurPolisiPolitikiUmugabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisanté Irashaka Kongera Abiga Ubuvuzi Mu Gihe Ababukoramo Bataka
Next Article Mali: Abasirikare N’Abasivili Bafitanye Urwikekwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?