Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2021 12:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri Kigali Arena hari ukubera igikorwa cyo gukingira  abanyamadini , abakora mu miryango itari iya Leta  icyorezo cya COVID-19. Abanyamadini nabo bari mu bantu bafite ibyago byo kwandura kiriya cyorezo kubera akazi k’ivugabutumwa bakora gatuma bahura n’abantu benshi icyarimwe.

Akazi ko gukingira Abanyarwanda bafite ibyago byo kwandura COVID-19 kurusha abandi bitewe n’ubwoko bw’akazi bakora birakomeje. Kuri uyu wa Gatanu hakingiwe abacururiza mu masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali.

Haherewe ku bacururiza  mu isoko rya Kabeza riri Mu Kagari mu Murenge wa Kanombe, mu Karere ka Kicukiro.

Kuri uyu wa Kane nibwo Perezida wa Repubulika na Madamu we bakingije.

Bakingiriwe ku bitaro byitiriwe Umwami Faysal biri ku Kacyiru mu Karere ka Gasabo.

Kugeza kuri uyu wa Kane tariki 11, Werurwe, 2021, Abanyarwanda bari bamaze gukingirwa barenga gato 230 000.

Biteganyijwe ko abakingirwa kuri uyu wa Gatandatu tariki 13, Werurwe, 2021 ari 1000.

Bari gukingirirwa kuri Kigali Arena

TAGGED:AbanyamadiniCOVID-19featuredGukingiraKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima Bwa Magufuli Ntibuvugwaho Rumwe
Next Article Muri USA Hari Guverineri ‘Uri Hafi Kwegura’ Kubera Ruswa Y’Igitsina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?