Guverinoma y’u Rwanda igiye gutangira gukingira abana bafite munsi y’imyaka irindwi(7) y’amavuko. Ni gahunda izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 24 ikazageza taliki 28, Nyakanga, 2023....
Mu gihe Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gukingira COVID-19, imbaraga zerekejwe ahantu hahurira abantu benshi nko muri za gare zitegerwamo imodoka no mu mashuri, kugira ngo hatagira...
Umusore ubarizwa mu rubyiruko rw’abakorerabushake mu Mujyi wa Kigali yemeye ko yashyize umukobwa ku rutonde rw’abikingije COVID-19, kandi atarigeze ahabwa urukingo. Uwo musore wiga muri imwe...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yaherekeye H Fisk Johnson washinze akayobora Ikigo gikora imiti kitwa SCJohnson bajya gusura ivuriro riri ahitwa Saruhembe mu Murenge wa Mahama,...
Kuri Kigali Arena hari ukubera igikorwa cyo gukingira abanyamadini , abakora mu miryango itari iya Leta icyorezo cya COVID-19. Abanyamadini nabo bari mu bantu bafite ibyago...