Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamahanga Batangiye Guhunga Sudani
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abanyamahanga Batangiye Guhunga Sudani

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2023 7:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege nini zitwara abantu n’imitwaro yabo zatangiye kugera muri Djibouti aho abanyamahanga bari basanzwe baba muri Sudani babaye bahungiye imirwano iri kuhabera.

Zije kubacyura mu rwego rwo kubarinda ibyago baterwa n’intambara ihamaze icyumweru kimwe ikaba imaze guhitana abarenga 450.

Imibare ivuga ko abanyamahanga bagera mu ijana bamaze kuva muri Sudani bajyanwa iwabo hakoreshejwe kajugujugu zo mu bwoko bwa Chinook.

Hagati aho Amerika yafunze Ambasade yayo muri Sudani, bikaba byamejwe n’Ubuvugizi bwa Deparitoma y’Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga binyuze muri tweet bwasohoye.

 Amerika ivuga ko abaturage bayo nta mutekano bafite muri Sudani bityo ko bose bagomba gutaha, Ambasade ikaba ifunzwe mu gihe ibintu bitarasubira mu buryo.

Abongereza nabo basabwe gutaha iwabo hagasigara bacye cyane bakora imirimo y’ingenzi kurushaho.

Perezida w’u Bufaransa nawe yavuze ko abaturage b’u Bufaransa babaga muri Sudani bimukira muri Djibouti .

Abaholandi, Abadage, Abataliyani, Abanya Ireland, abanya Portugal, Mexico, Venezuela, Colombia na Argentine bose basabwe gutaha.

Abantu 413 Bamaze Kugwa Mu Ntambara Ya Sudani

TAGGED:AmahangaIbihuguIntambaraSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Abayobozi Bari Baherutse Kurekurwa N’urukiko
Next Article Nyagatare: Abanyeshuri Basaba Ababyeyi Kubabonera Umwanya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?