Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamahanga Batangiye Guhunga Sudani
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abanyamahanga Batangiye Guhunga Sudani

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2023 7:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege nini zitwara abantu n’imitwaro yabo zatangiye kugera muri Djibouti aho abanyamahanga bari basanzwe baba muri Sudani babaye bahungiye imirwano iri kuhabera.

Zije kubacyura mu rwego rwo kubarinda ibyago baterwa n’intambara ihamaze icyumweru kimwe ikaba imaze guhitana abarenga 450.

Imibare ivuga ko abanyamahanga bagera mu ijana bamaze kuva muri Sudani bajyanwa iwabo hakoreshejwe kajugujugu zo mu bwoko bwa Chinook.

Hagati aho Amerika yafunze Ambasade yayo muri Sudani, bikaba byamejwe n’Ubuvugizi bwa Deparitoma y’Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga binyuze muri tweet bwasohoye.

 Amerika ivuga ko abaturage bayo nta mutekano bafite muri Sudani bityo ko bose bagomba gutaha, Ambasade ikaba ifunzwe mu gihe ibintu bitarasubira mu buryo.

Abongereza nabo basabwe gutaha iwabo hagasigara bacye cyane bakora imirimo y’ingenzi kurushaho.

Perezida w’u Bufaransa nawe yavuze ko abaturage b’u Bufaransa babaga muri Sudani bimukira muri Djibouti .

Abaholandi, Abadage, Abataliyani, Abanya Ireland, abanya Portugal, Mexico, Venezuela, Colombia na Argentine bose basabwe gutaha.

Abantu 413 Bamaze Kugwa Mu Ntambara Ya Sudani

TAGGED:AmahangaIbihuguIntambaraSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Abayobozi Bari Baherutse Kurekurwa N’urukiko
Next Article Nyagatare: Abanyeshuri Basaba Ababyeyi Kubabonera Umwanya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Hari Icyo Sena Yifuza Ku Banyarwanda Baba Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?