Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyamahanga Batangiye Guhunga Sudani
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abanyamahanga Batangiye Guhunga Sudani

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2023 7:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege nini zitwara abantu n’imitwaro yabo zatangiye kugera muri Djibouti aho abanyamahanga bari basanzwe baba muri Sudani babaye bahungiye imirwano iri kuhabera.

Zije kubacyura mu rwego rwo kubarinda ibyago baterwa n’intambara ihamaze icyumweru kimwe ikaba imaze guhitana abarenga 450.

Imibare ivuga ko abanyamahanga bagera mu ijana bamaze kuva muri Sudani bajyanwa iwabo hakoreshejwe kajugujugu zo mu bwoko bwa Chinook.

Hagati aho Amerika yafunze Ambasade yayo muri Sudani, bikaba byamejwe n’Ubuvugizi bwa Deparitoma y’Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga binyuze muri tweet bwasohoye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

 Amerika ivuga ko abaturage bayo nta mutekano bafite muri Sudani bityo ko bose bagomba gutaha, Ambasade ikaba ifunzwe mu gihe ibintu bitarasubira mu buryo.

Abongereza nabo basabwe gutaha iwabo hagasigara bacye cyane bakora imirimo y’ingenzi kurushaho.

Perezida w’u Bufaransa nawe yavuze ko abaturage b’u Bufaransa babaga muri Sudani bimukira muri Djibouti .

Abaholandi, Abadage, Abataliyani, Abanya Ireland, abanya Portugal, Mexico, Venezuela, Colombia na Argentine bose basabwe gutaha.

Abantu 413 Bamaze Kugwa Mu Ntambara Ya Sudani

- Advertisement -
TAGGED:AmahangaIbihuguIntambaraSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Abayobozi Bari Baherutse Kurekurwa N’urukiko
Next Article Nyagatare: Abanyeshuri Basaba Ababyeyi Kubabonera Umwanya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?