Urwego rw’igihugu rw’iterambere, RDB , mu ishami ryarwo rishinzwe kubaka ubushobozi bwa ba rwiyemezamirimo rwaganiriye n’urubyiruko rw’Abanyarwanda baba mu bihugu by’u Burayi uko bashobora kugira uruhare...
Ikawa y’u Rwanda ni kimwe mu bihingwa ngengabukungu bukungahaje u Rwanda kubera amadevize iruzanira. Muri rusange ibihugu bikunze kurugurira ikawa ni ibyo muri Aziya ni ukuvuga...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko rudashaka na gato intambara na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Dr Vincent Biruta yabwiye France 24 ko n’ubwo ubushotoranyi...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga ukoresha Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 52 uyu muryango umaze ushinzwe. Ni ibirori byabereye i Dubai....
Inkuru ikomeye muri iki gihe ku byerekeye intambara imaze iminsi muri Ukraine ni uko hari ibiganiro hagati ya Kiev na Moscow bigamije guhagarika intambara. Ni ibiganiro...