Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda 48 Bishwe N’Ibiza Mu Mezi Atatu Ashize
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Abanyarwanda 48 Bishwe N’Ibiza Mu Mezi Atatu Ashize

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 December 2024 6:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko ibiza biterwa n’imvura yaguye kuva muri Nzeri kugeza mu Ugushyingo byahitanye abantu 48 hakomereka 149.

Ubaze neza usanga buri kwezi muri ayo atatu, abantu 16 ari bo byahitanaga!

MINEMA ivuga ko mu bapfuye, babiri bahitanywe n’inkongi, umwe ahitanwa n’umwuzure abandi 30 bakubitwa n’inkuba naho 13 baguye mu birombe, umwe ahitanwa n’imvura naho umwe ahitanwa n’inkubi y’umuyaga.

Imvura yasenye inzu imwe naho izindi 744 zirangirika.

Hangiritse imyaka mu murima ufite ubuso bwa hegitari 814.63, hapfa inka 37, hangirika ishyamba ku buso bungana na Ha 214, hapfa n’andi matungo 29.

Hasenyutse amashuri 26, ikigo nderabuzima kimwe, hangirika imihanda irimdwi, insengero eshanu n’amateme 14.

Kubera ko imvura izakomeza kugwa ari nyinshi MINEMA yamaze kwimura abari batuye mu manegeka mu turere twa Burera, Gakenke, Gicumbi, Kamonyi, Karongi, Kicukiro, Muhanga, Ngororero, Nyabihu, Rulindo na Rusizi.

Mu karere ka Gasabo abaturage 981 bagombaga kwimurwa hasigaye umwe, muri Musanze abaturage 301 bagombaga kwimuka hasigaye 170 kuko 131 bo bamaze kuvanwa mu manegeka.

Nyamagabe himuwe 19 hasigara barindwi na Nyamasheke himuwe 86 hasigara umunani, Nyanza muri 15 bagomba kuvanwa mu manegeka himuwe umunani hasigara barindwi.

Muri Nyarugenge mu mujyi wa Kigali hasigaye kwimurwa 22 muri 483 bagombaga kwimurwa, naho Nyaruguru hasigaye kwimurwa 12, Rubavu hasigaye kwimurwa umwe naho Rutsiro hasigaye kwimurwa 83, mu karere ka Ruhango hasigaye 60.

MINEMA ivuga ko kwimura abaturage bose bizatwara ingengo y’imari ingana Frw 140.578.000.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedIbizaIbiza AmanegekaInkunga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugore Yatorewe Kuyobora Namibia
Next Article Guverinoma Y’Ubufaransa Yeguye Bidateye Kabiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?