Mugwaneza Pacifique ni umuyobozi w’agateganyo w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Koperative mu Rwanda. Mu kiganiro kihariye aherutse guha Taarifa, yavuze ko hagikenewe ko ibyiciro bitandukanye by’Abanyarwanda bikangurirwa kugana...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, MINAGRI, ivuga ko umukamo w’amata y’inka wazamutse ku rwego rugaragara. Wavuye kuri toni 142.511 mu mwaka wa 2005 ugera kuri Toni 999.976 mu...
Ubuyobozi bw’ikigo gikora ubucuruzi bushingiye ku muziki cyamamaye ku isi ku izina rya Trace Africa cyatangaje ko kiyemeje gukorana n’abahanzi b’Abanyarwanda kugira ngo kizamure ijwi ryabo....
Abenshi mu basomyi ba Taarifa bazi inshuro imwe cyangwa nyinshi aho bitabiriye inama umuntu agatanga igitekerezo(cyiza) ariko kikaza kurambirana. Ibi biterwa no kwizimba mu magambo. Kwizimba...
Umunyamabanga Uhoraho muri MINAGRI, Dr. Olivier Kamana, arasaba abagabura inyama ku mashuri kujya bibuka ko inyama y’ingurube nayo yakwifashishwa ku ifunguro rihabwa abanyeshuri. Dr. Kamana yabivugiye...