Umuhanzi ukomoka muri Jamaica witwa Collin Demar Edwards wamenyekanye nka Demarco yaraye i Kigali mu rwego rwo kuruhuka kugira ngo azahakorere igitaramo kimeze neza. Giteganyijwe taliki...
Abahanzi nyarwanda muri rusange bishimiye ko umusaza Abdul Makanyaga yavuye mu bitaro. Jane Uwimana uri mu bamubaye hafi yabwiye Taarifa ko bateganya kuzakoresha igitaramo cyo kwishimira...
Ku isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro hari ikibazo bamwe babona ko kizagira ubukana mu mwaka wa 2023. Ni ukubura kwa zahabu, rimwe mu mabuye y’agaciro afitiye inganda...
Padiri Lambert Iraguha ni umwe mu bapadiri bashyizeho uburyo bwo guhuza Abanyarwanda binyuze mu isanamitima. Yabwiye abitabiye inama nyunguranabitekerezo k’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda ko hari bamwe mu...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ahitwa Adebe ugana Kampala –Gulu habereye impanuka yahitanye abantu 16. Ni imibare yatangajwe na Polisi ya Uganda. Imodoka ya...