Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Babujijwe Gusigira Irangamuntu Abashinzwe Umutekano Mu Kigo Icyo Ari Cyo Cyose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Babujijwe Gusigira Irangamuntu Abashinzwe Umutekano Mu Kigo Icyo Ari Cyo Cyose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 October 2022 8:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu cy’irangamuntu, NIDA,  cyatangaje ko nta kigo na kimwe gikwiye kujya gisigarana irangamuntu y’umuturage ukigannnye kubera ko kugendana irangamuntu aho umuntu agiye hose ari ITEGEKO.

Ibigo bya Leta cyangwa iby’abikorera ku giti cyabo byajyag abisigarana amarangamuntu y’ababigana mu rwego rwo kubuza ko hari uwaza kugira icyo yiba cyangwa yangiza akigendera.

Byasaga no kubashyiriraho bariyeri ituma badataha badaciye aho basize ibyangombwa byabo.

Ikigo cy’igihugu cy’irangamuntu, NIDA, cyatangaje ko itegeko No 14/2008  ryo kuwa 04/06/2008 rigena iyandikwa ry’abaturage  n’itangwa ry’ikarita ndangamuntu ku Banyarwanda, cyane cyane ibiteganywa mu ngingo ya 11 n’iya 12 rigena ko gutunga no kugendanga ikarita ndangamuntu ari itegeko ku Munyarwanda wese ufite imyaka 16 y’amavuko kandi ko kutayigendana bihanwa n’amategeko.

NIDA ivuga ko imaze igihe kinini yakira abantu baza kwaka andi makarita ndangamuntu bavuga ko bayibagiriwe cyangwa bayataye mu bigo runaka bari bagiyemo bikabasaba kuyisaga aho abashyitsi binjirira.

Itangazo ubuyobozi bw’iki kigo bwashyize kuri Twitter rivuga ko ibyo gusigarana amakarita ndangamuntu y’abaturage bidahuije n’icyo itegeko ritaganya bityo ngo ntibizongere.

Ibiri amambu, abashinzwe umutekano w’ibigo runaka bagomba kujya bandika nomero z’ikarita ndangamuntu ya runaka ubundi bakayimusubiza.

Tuributsa cyane cyane ibitaro, ibigo bitandukanye n'inzego za Leta ibi bikurikira: pic.twitter.com/vWolyqkkWL

— NIDA Rwanda (@NidaRwanda) August 25, 2022

Itangazo ryasinyweho n’Umuyobozi wa NIDA witwa Mukesha Josephine risaba ibigo bya Leta bifite amakarita ndangamuntu abaturage bayibagiriwemo ko byayageze kuri NIDA cyangwa kuri Polisi cyangwa kuri RIB akazasubizwa na nyirayo.

TAGGED:IbigoIrangamuntuNIDA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Burundi Haranugwanugwa ‘Coup d’Etat’
Next Article Inzovu Yarakaye Iribata Umuturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?