Ubuyobozi bwa Banki ya Kiglai, BK Group, bwatangije ikigo bwise BK Foundation kigamije kongerera imbaraga gahunda za Leta mu burezi, guhanga udushya no kubungabunga ibidukikije. Umuyobozi...
Kubera impamvu zitandukanye zishobora kuba zirimo n’ibibazo by’imari itifashe neza, ibigo 51 byakoreraga ubucuruzi mu Rwanda byasabye Urwego rw’igihugu rw’iterambere ko byakurwa ku rutonde rw’ibikorera mu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kiri ku rutonde rw’ibigo bya Leta biyihombya. Ibyo bigo uko ari WASAC, REG, UR, RRA n’Akarere ka Karongi, bimaze guhombya Leta...
Ikigo cy’igihugu cy’irangamuntu, NIDA, cyatangaje ko nta kigo na kimwe gikwiye kujya gisigarana irangamuntu y’umuturage ukigannnye kubera ko kugendana irangamuntu aho umuntu agiye hose ari ITEGEKO....
Kuri uyu wa Kane ikigo gitanga serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN Rwanda, cyatangije uburyo bise MTN Unicall, bukaba ari uburyo buzafasha abafite ibigo bikunze guhamagarwa n’abakiliya...