Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2024 6:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe intwari, impeta n’imidali by’ishimwe kivuga kigiye gutangiza ubukangurambaga bwo kwibutsa Abanyarwanda ibiranga ubutwari.

Hazibandwa ku rubyiruko kugira ngo rumenye ibyaranze ubutwari bwa ba Sekuruza babo.

Iyi gahunda iri mu rwego rwo gutegurira Abanyarwanda kuzizihiza ku nshuro ya 30 umunsi wahariwe kuzirikana ubutwari bw’Abanyarwanda

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ikigo gishinzwe intwari z’igihugu, impeta n’imidali by’ishimwe Deon Nkusi avuga ko ubu bukangurambaga buzahoraho kugira ngo Abanyarwanda bamenye ubutwari n’ubwo batazabiherwa ishimwe ku rwego rw’igihugu.

Ati: “Hateganyijwe ibiganiro bizafasha abanyeshuri biga abanza, ayisumbuye, na za Kaminuza kugira ngo bamenye ko ubutwari ari ikintu cyaranze Abanyarwanda mu mibereho yabo ya buri munsi.”

Zimwe mu ndangagaciro ziranga Abanyarwanda harimo gukunda umurimo, kwitanga, gukora umurimo unoze n’ibindi bizigishwa muri icyo gihe cy’ukwezi.

Itangazo rivuga kuri iyi gahunda

Ifoto: Deon Nkusi

TAGGED:featuredImpetaIntwariNkusiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Basanze Umwana Mu Ndobo Yapfuye
Next Article Gen Dagalo Urwanya Ubutegetsi Bwa Sudani Yasuye u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?