Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Bagiye Muri Gabon Gushaka Aho Bashora Imari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abanyarwanda Bagiye Muri Gabon Gushaka Aho Bashora Imari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2024 7:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itsinda ry’abashoramari b’u Rwanda riyobowe na Francis Gatare uyobora RDB riri i Libreville muri Gabon kuganira n’ubuyobozi bw’iki gihugu aho bubona Abanyarwanda bafasha mu ishoramari.

Ni uruzinduko rufite ibisobanuro bikomeye hagati y’ibihugu byombi nyuma y’uko Perezida w’inzibacyuho wa Gabon witwa Gen Brice Oligui Nguema asuriye u Rwanda akaganira na mugenzi we Paul Kagame mu gihe gito gishize.

Ikindi ni uko byari bisanzwe ko u Rwanda ruganira n’abashoramari barusura ngo barushoremo imari, icyakora ubu nirwo ruri kubasanga rukaganira nabo aho babona rwashora imari, ibitekerezo bigahanahanwa.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko ku rutonde rw’ibyo Abanyarwanda bazaganira n’abanya Gabon harimo ishoramari mu nzego z’ubucuruzi n’ubukerarugendo.

Abaturage ba Gabon nabo bafunguriwe amarembo ngo bashore mu Rawanda mu nzego babona bazungukiramo.

Perezida wa Gabon Brice Oligui Nguema niwe wabanje kuganira niryo tsinda ry’Abanyarwanda baje mu gihugu cye kureba aho bashora, abashimira kuba baragize icyo gitekerezo.

Mu biganiro yagiranye nabo batinze ku kamaro karambye ubwo bufatanye buzagirira ibihugu byimbi mu bucuruzi n’ubundi butwererane mu ngeri zitandukanye.

Ni ibiganiro kandi biri mu mujyo w’ibyo Abakuru b’ibihugu byombi baganiriyeho ubwo Oligui Nguema yazaga i Kigali agahura na Paul Kagame.

Uruzinduko rw’intumwa ziyobowe na Francis Gatare ni intambwe yerakana ko ibiganiro hagati y’Abakuru b’ibihugu byombi bitangiye gutanga umusaruro mu gukomeza umubano n’ubutwererane hagati ya Kigali na Libreville.

Francis Gatare niwe uyoboye itsinda ry’Abanyarwanda bagiye kuganira na Gabon ku ishoramari
Baganiriye aho babone u Rwanda rwashora imari muri Gabon
TAGGED:featuredGabonGatareIshoramariKagameKigaliLibrevilleNguemaRDBRwandaUbutwererane
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Seminari Nkuru Ya Kabgayi Yahawe Umuyobozi Mushya
Next Article Umunyarwanda Ernest Rwamucyo Yatorewe Kuyobora Inama Y’Ubutegetsi Ya UNICEF
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?