Umuyobozi Nshingwabikorwa wa TI-Rwanda, Apollinaire Mupiganyi aherutse kubwira abagize Ihuriro ry’ Inteko Ishinga Amategeko rishinzwe gukumira no kurwanya Ruswa (APNAC-RWANDA), ko amabuye y’agaciro n’amasambu biri mu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buvuga ko buri kuganira n’abashoramari kugira ngo harebwe uko amabuye menshi kandi ateye neza ari mu Murenge wa Nyarubuye yabyazwa umusaruro. Iyo...
Abagabo babiri baherutse kwiyemeza kuzaca agahigo kwambukiranya u Rwanda mo kabiri bagenda n’amaguru. Bifuzaga kuhakora urugendo rwihuse kurusha izindi k’uburyo rwazandikwa mu gitabo by’abaciye uduhigo kitwa...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavugiye i Doha muri Qatar ko uburezi ari ingenzi mu gutuma umuntu amenya akamaro k’ibidukikije no kubirengera. Perezida Kagame yavuze ko...
Kubera impamvu zitandukanye zishobora kuba zirimo n’ibibazo by’imari itifashe neza, ibigo 51 byakoreraga ubucuruzi mu Rwanda byasabye Urwego rw’igihugu rw’iterambere ko byakurwa ku rutonde rw’ibikorera mu...