Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda B’i Kigali Bakoresha Icyongereza Kurusha Ikinyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda B’i Kigali Bakoresha Icyongereza Kurusha Ikinyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2024 5:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inteko y’igihugu y’Ururimi n’Umuco itangaza ko Abanyarwanda b’i Kigali iyo bahuriye hamwe( mu nama cyane cyane) Icyongereza ari rwo rurimi bakoreshwa cyane.

Kihariye 42.6%, nyuma hagakurikiraho Ikinyarwanda gifite 15%, Igifaransa 4% n’aho Igiswayile kikagira 1.2%.

Kuri X y’iyi Nteko havuga ko uretse ibivugirwa ahahurira abantu benshi byiganjemo Icyongereza, no mu byandikwa ni uko bimeze.

Bivuze ko mu nyandiko za Leta, ibyapa, ku miti, ku matangazo agenewe abaturage akanyuzwa mu itangazamakuru yanditswe n’ibigo bya Leta(press releases) n’ibindi nk’ibyo nabyo biba byanditswe mu Cyongereza.

Ndetse ngo ku byandikwa ahahurira abantu benshi, kiri ku rugero rurenga 40% mu gihe izindi ndimi zo nta rugera no kuri 20%.

Ibi biri mu Mujyi wa Kigali ahiganje intiti kandi nizo zikora igenamigambi na politiki zose zireba igihugu.

Mu isesengura rya bamwe mu baganiriye na Taarifa, harimo ko niba hatabayeho kurinda Ikinyarwanda kandi bigakorwa n’abize, bishyira uru rurimi mu bibazo byo kuzakendera binyuze mu kwibagirana cyangwa mu kuvangwa n’izindi ndimi bigakora urundi rurimi.

Hari ubwo Perezida Paul Kagame yigeze gucyaha abayobozi muri rusange n’abayobozi bakuru by’umwihariko ngo bajye bakoresha Ikinyarwanda cyangwa Icyongereza cyangwa urundi rurimi birinda kuzivanga.

Perezida Kagame yavuze ko abayobozi bakwiye kwirinda kuvanga indimi kandi baba bavuze ururimi runaka, bakirinda kuruvanga n’urundi kandi bakaruvuga mu kibonezamvugo n’inyunguramagambo biboneye.

Amb Robert Masozera, Intebe y’Inteko y’Ururimi n’umuco
TAGGED:featuredIcyongerezaIkinyarwandaIndimiInteko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngombwa Wahimbye Indirimbo 100 Agiye Kurega Abaziyitirira
Next Article Rwanda: Ingengabihe Ya Gahunda Y’Amatora Yatangajwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?