Uwahoze ari Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta Bwana Obadiah Biraro yavugiye kenshi mu ruhame ko hari inzego yagiriye inama ngo zikore ibyo urwego ayobora rwazisabaga mu...
Mu Karere ka Bugesera mu ntangiriro z’Icyumweru gitaha ni ukuvuga taliki 19, Mata, 2022 hazateranira Inama yaguye y’abagore bakora mu nzego zitandukanye zifatirwamo ibyemezo. Muri iriya...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Perezida Paul Kagame azasura igihugu cya Jamaica mu minsi iri imbere. N’ubwo tutaramenya umunsi ariko twamenye ko ari mu Cyumweru gitaha....
Anita Among Annet amaze guhabwa ubushobozi bwo kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda nyuma y’uko Jacob Oulanyah wayiyoboraga aherutse kwitaba Imana. Perezida Museveni niwe wahaye Anita...
Jacob Oulanyah wayobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana nk’uko itangazamakuru rya Uganda ribitangaza. Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga. Countrymen and...