Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Biteguye Gutora Neza-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Abanyarwanda Biteguye Gutora Neza-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 July 2024 1:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukandida wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame yabwiye abaturage ba Gakenke, Burera, Musanze na Gicumbi baje kumva uko yiyamamaza ko igikorwa cyo kuwa Mbere taliki 15, Nyakanga, 2024 bakiteguye bakazatora neza.

Yababwiye ko muri iki gihe Abanyarwanda biyongereye mu mubare, mu bukungu no mu bumenyi kandi ngo amatora yo ku wa Mbere nayo azakomeza gushimangira ibyo.

Avuga ko ubumwe bw’Abanyarwanda ari zo mbaraga z’u Rwanda kandi ko Politiki nziza ya FRP igamije ubumwe bw’Abanyarwanda n’amajyambere kandi ibyo byose bikarindirwa umutekano.

Ati: “ Ese wakubaka inzu ejo ukifuza ko ikugwaho, ko ikugwa hejuru, ni ngmbwa ko anantu babirinda”.

Yabwiye urubyiruko ko abakiri bato ari bo igihugu kizeyeho kurinda uwo mutekano.

Kagame avuga ko kuzatora igikumwe ari ukwibuka amateka y’igihugu, ibyo Abanyarwana bagezeho n’ibizaza mu gihe kiri imbere.

Yabwiye abaturage ko igihango bafitanye na FPR ari igihango kandi ko bakwiye kukirinda ntibazagitezukeho.

Avuga ko Abanyarwanda ari bo FPR-Inkotanyi yizeye ko bazafatanya kandi ngo afite icyizere ko ibintu byose bizagenda neza nk’uko bikwiye.

Yasezeranyije abaturage ba Gakenke ko azagaruka bakabyina intsinzi bagasangira n’ikigage.

Abaturage bahise bamwibutsa ko umuganura uri hafi.

Kuri uyu wa Gatanu Kagame arakomereza kwiyamamariza mu Karere ka Gasabo ahitwa i Bumbogo.

TAGGED:featuredGakenkeKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gakenke: Bavuga Ko Biteguye Ubukwe Bwo Gutora Kagame
Next Article U Rwanda Ruri Kubaka Ahantu H’Ikoranabuhanga Ho Guhangira Udushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umugabo W’i Gakenke Yafatiwe I Burera Afite Ibilo 20 By’Urumogi Avanye Muri Uganda

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Ubushinwa Bwatangiye Gukoresha Robo Zikora Gipolisi Mu Muhanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

You Might Also Like

Ubukungu

U Rwanda Rugiye Kuzuza Ikigega Cya Gazi Yakoreshwa Amezi Abiri Ntayitumijwe Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Ari Muri Qatar Mu Kwigira Hamwe N’Abandi Icyarushaho Guteza Imbere Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

‘Rwabuze Gica’ Hagati Ya Ndayishimiye N’Abacuruza Lisansi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?