Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda N’Abayahudi Baba Mu Rwanda Bafunguriwe Resitora Yihariye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abanyarwanda N’Abayahudi Baba Mu Rwanda Bafunguriwe Resitora Yihariye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2022 4:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku Kimihurura hafunguwe Resitora itegura amafunguro n’ibinyobwa bimenyerewe muri Israel. Ni Resitora yitwa Taste of Jerusalem, iyi ikaba iba mu bihugu bibamo Abayahudi benshi kandi byateye imbere ariko bifite n’umutekano.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda witwa Ron Adam niwe waraye ayifunguye ku mugaragaro.

Hari na Rabbi umuyobozi mukuru mu isinagogi rukumbi mu Rwanda riri mu gace gaturiye Star Times witwa Rabbi Chaim Bar-Sella n’umugore we Dina.

Ambasaderi Ron Adam yabwiye Taarifa ko abantu bose bahawe ikaze muri iriya resitora.

Ati: “ Nishimiye ko muri Kigali hafunguwe resitora izafasha Abayahudi baba mu Rwanda n’abandi bazava muri Israel baje gusura u Rwanda ndetse n’Abanyarwanda kubona amafunguro bakunda.’

Dr Ron Adam avuga ko nawe yafashe kuri ariya mafunguro kandi ngo yamukumbuje iwabo.

Icyanga cy’i Yeruzalemu

Ibiribwa byitwa Kosher ni ibiribwa bitegurwa hakurikijwe uko amategeko agenga imirire y’Abayahudi ateganya.

Ahantu hambere agaragara ni mu Gitabo cy’Abalewi 14:1-21. Bigaragara kandi ni Ugutegeka 14:1-21.

Amategeko agenga Abayahudi bayita Halakha

Ijambo Kosher ni irigenekereje mu Giheburayo cyandikwa ngo /ˈkoʊʃər/.

Iri jambo mu Cyongereza rivuga ‘Fit’ ni ukuvuga umuntu utsibaze, ufite imbaraga nyazo.

Resitora ya Kosher i Kigali iri ku Kimihurura ku muhanda KG 674 st (28).

Amafoto yo muri iyi Resitora igabura iby’i Yeruzalemu

Ambasaderi Ron Adam muri resitora Taste of Jerusalem
Niwe wayifunguye ku mugaragaro
Igitabo cy’amafunguro, ibinyobwa n’ibiciro
Imirire ni iyo
Ku rukuta hariho ifoto y’Urukuta rw’amaganya rw’i Yeruzalemu rwubahwa cyane mu muco n’idini ry’Abayahudi. Rwahoze ari ingoro ya Salomo
Umureti
Dina muri resitora iteka iby’iwabo muri Israel
Rabbi Chaim Bar-Sella
Agasembuye k’i Yeruzalemu ariko hari no Pirimusi
Abakunda Kontwari nabo bateguriwe ahabo
TAGGED:AdamAmbasaderifeaturedIsraelKimihururaResitora
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Bubatse Ishuri Ryo Gufasha Urubyiruko Kugira Ubumenyingiro Buzarucyenura
Next Article Abakiliya Ba CANAL+ Rwanda Bashyizwe Igorora Ku mukino Wa Nyuma Wa Champions League
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?