Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Tuzi Aho Twavuye N’Aho Tugana, Ibi Tugomba Kubizirikana Iteka-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Tuzi Aho Twavuye N’Aho Tugana, Ibi Tugomba Kubizirikana Iteka-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 August 2022 6:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda yaraye abwiye ba rwiyemezamirimo bo muri Amerika ko Abanyrwanda basobanukire neza aho baturutse , aho bageze ndetse n’aho bagana. Aba ba rwiyemezamirimo bagize itsinda ryitwa Young Presidents’ Association, iri rikaba ari Ihuriro rya ba rwiyemezamirimo bava mu bihugu birenga ijana hirya no hino ku isi.

Perezida Kagame yavuze ko iyo abantu bavuga Demukarasi burya nta kindi baba bavuga kitari amahitamo y’abaturage.

Kuri we, ni ngombwa kubaha ibyo abaturage bahisemo kuko ari nabo baba ari ba nyirabyo.

“We are not shy about playing our part, mainly bearing in mind where we come from, who we are, what we want to be and that we want to stick to that.” President Kagame pic.twitter.com/c1kWvWubwQ

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) August 3, 2022

Ku byerekeye urugendo rw’iterambere no kubana by’Abanyarwanda, Perezida Kagame yavuze ko basobanukiwe neza aho bavuye, aho bageze ndetse n’urugendo rubategereje imbere habo hazaza.

Ati: “ Nta soni cyangwa ipfunwe duterwa no gukora ibitureba kandi tukabikora ruzirikana aho twavuye, abo turibo, abo dushaka kuba bo kandi tugomba kunamba kuri iyi myumvire.”

Perezida Kagame aganira na ba rwiyemezamirimo bagize Young Presidents’ Association

Umuryango Young Presidents’ Organization ni umuryango w’Abanyamerika ba rwiyemezamirimo urimo abanyamuryango 29,000 hirya no hino ku isi mu bihugu 130.

Washinzwe mu mwaka wa 1950 ushingirwa ahitwa Rochester muri Leta ya New York.

Uwawushinze yitwa Ray Hickok akaba yari afite imyaka 27 y’amavuko.

Inama yawo ya mbere y’uyu muryango yateranye mu mwaka wa 1950 ibera ahitwa Waldorf Astoria muri New York.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedKagameRwiyemezamirimo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujyi Wa Kigali Uteganya ‘Kunganira’ Abaturage Bagiye Kwiyubakira Imihanda
Next Article Bugesera: Bashinja Gitifu Gukubita Umuturage Bikamuviramo Urupfu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

You Might Also Like

Imikino

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?