Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Tuzi Aho Twavuye N’Aho Tugana, Ibi Tugomba Kubizirikana Iteka-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Tuzi Aho Twavuye N’Aho Tugana, Ibi Tugomba Kubizirikana Iteka-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 August 2022 6:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda yaraye abwiye ba rwiyemezamirimo bo muri Amerika ko Abanyrwanda basobanukire neza aho baturutse , aho bageze ndetse n’aho bagana. Aba ba rwiyemezamirimo bagize itsinda ryitwa Young Presidents’ Association, iri rikaba ari Ihuriro rya ba rwiyemezamirimo bava mu bihugu birenga ijana hirya no hino ku isi.

Perezida Kagame yavuze ko iyo abantu bavuga Demukarasi burya nta kindi baba bavuga kitari amahitamo y’abaturage.

Kuri we, ni ngombwa kubaha ibyo abaturage bahisemo kuko ari nabo baba ari ba nyirabyo.

“We are not shy about playing our part, mainly bearing in mind where we come from, who we are, what we want to be and that we want to stick to that.” President Kagame pic.twitter.com/c1kWvWubwQ

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) August 3, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ku byerekeye urugendo rw’iterambere no kubana by’Abanyarwanda, Perezida Kagame yavuze ko basobanukiwe neza aho bavuye, aho bageze ndetse n’urugendo rubategereje imbere habo hazaza.

Ati: “ Nta soni cyangwa ipfunwe duterwa no gukora ibitureba kandi tukabikora ruzirikana aho twavuye, abo turibo, abo dushaka kuba bo kandi tugomba kunamba kuri iyi myumvire.”

Perezida Kagame aganira na ba rwiyemezamirimo bagize Young Presidents’ Association

Umuryango Young Presidents’ Organization ni umuryango w’Abanyamerika ba rwiyemezamirimo urimo abanyamuryango 29,000 hirya no hino ku isi mu bihugu 130.

Washinzwe mu mwaka wa 1950 ushingirwa ahitwa Rochester muri Leta ya New York.

Uwawushinze yitwa Ray Hickok akaba yari afite imyaka 27 y’amavuko.

- Advertisement -

Inama yawo ya mbere y’uyu muryango yateranye mu mwaka wa 1950 ibera ahitwa Waldorf Astoria muri New York.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedKagameRwiyemezamirimo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujyi Wa Kigali Uteganya ‘Kunganira’ Abaturage Bagiye Kwiyubakira Imihanda
Next Article Bugesera: Bashinja Gitifu Gukubita Umuturage Bikamuviramo Urupfu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?