Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwandakazi Bagiye Kumurika Ubukorikori Bwabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abanyarwandakazi Bagiye Kumurika Ubukorikori Bwabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2022 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Gatanu Taliki 18, Werurwe, 2022 muri imwe muri Hotel z’i Kigali hazamurikirwa ibikorwa abagore b’Abanyarwandakazi bakoze. Hazaba ari mu rwego rwo kugira ngo bamwe bigire ku bandi kandi babonereho umwanya wo gufatanya mu kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’umugore.

Christel Intaramirwa uri mu bateguye iki gikorwa avuga ko kiriya gikorwa kizitabirwa n’abagore 40 bakora mu nzego zitandukanye.

Barimo abikorera ku giti cyabo mu nzego zirimo ubucuruzi, ubukorikori, abo mu miryango itari iya Leta n’abandi.

Ririya murikagurisha baryise Le Village de la Femme, kikaba ari igikorwa cyateguwe n’Abanyarwandakazi babiri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu bafatanyabikorwa muri iri murikagurisha hazaba harimo abafatanyabikorwa nka Banki ya Kigali, RSSB, MTN, ACCESS Bank na  Rwandair n’ibindi bigo.

Ni imurikagurisha ryateguwe n’abagore babiri bavukana ari bo Mutumwinka Aretha na Intaramirwa Chrystel.

Mutumwinka Aretha(yambaye umuhondo) na Intaramirwa Chrystel.

Bateganya ko iki gikorwa kizaba ari ngarukamwaka.

TAGGED:AbagoreImurikagurishaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article AVEGA Iri Gusuzuma Inkondo Y’Umura Na Hepatite Ukoroherezwa Kuvurwa
Next Article Amafoto: Kainerugaba Muri Kigali Arena
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

AI: Igikoresho Cy’Ingirakamaro Ku Munyamakuru Uzi Icyo Ashaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?