Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwandakazi Bagiye Kumurika Ubukorikori Bwabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abanyarwandakazi Bagiye Kumurika Ubukorikori Bwabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2022 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Gatanu Taliki 18, Werurwe, 2022 muri imwe muri Hotel z’i Kigali hazamurikirwa ibikorwa abagore b’Abanyarwandakazi bakoze. Hazaba ari mu rwego rwo kugira ngo bamwe bigire ku bandi kandi babonereho umwanya wo gufatanya mu kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’umugore.

Christel Intaramirwa uri mu bateguye iki gikorwa avuga ko kiriya gikorwa kizitabirwa n’abagore 40 bakora mu nzego zitandukanye.

Barimo abikorera ku giti cyabo mu nzego zirimo ubucuruzi, ubukorikori, abo mu miryango itari iya Leta n’abandi.

Ririya murikagurisha baryise Le Village de la Femme, kikaba ari igikorwa cyateguwe n’Abanyarwandakazi babiri.

Mu bafatanyabikorwa muri iri murikagurisha hazaba harimo abafatanyabikorwa nka Banki ya Kigali, RSSB, MTN, ACCESS Bank na  Rwandair n’ibindi bigo.

Ni imurikagurisha ryateguwe n’abagore babiri bavukana ari bo Mutumwinka Aretha na Intaramirwa Chrystel.

Mutumwinka Aretha(yambaye umuhondo) na Intaramirwa Chrystel.

Bateganya ko iki gikorwa kizaba ari ngarukamwaka.

TAGGED:AbagoreImurikagurishaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article AVEGA Iri Gusuzuma Inkondo Y’Umura Na Hepatite Ukoroherezwa Kuvurwa
Next Article Amafoto: Kainerugaba Muri Kigali Arena
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kigali: Ese Uburyo Bushya Bwo Gutwara Abagenzi Batega Bisi Buzaba Igisubizo Kirambye?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hateguwe Miliyoni € 2 Zo Gukumira Ingaruka Zo Kubaka Ibikorwaremezo Bihungabanya Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?