Kuba Amavubi y’abagore yaraye atsinzwe n’abagore bo muri Ghana nta gitangaza kirimo. Impamvu bidatangaje ni uko iriya kipe ya Ghana isanzwe ari mu za mbere zihagaze...
Mu mukwabu uherutse kubera mu Mudugudu wa Bisambu, Akagari ka Nyarurama mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro hafatiwe abagore babiri bari bafite mazutu ingana...
Umuyobozi wungirije w’Inama y’Ubucuruzi mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba( East African Business Council, EABC) Denis Karera asaba urubyiruko rw’u Rwanda gutekereza imishinga mizima yo guterwa inkunga kugira...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Abakirisitu bo muri Women Foundation Ministries/Noble Family Church bitabiriye amateraniro ‘Wirira Fellowship’ ko...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, OMS, rivuga ko abagabo bafie inshingano zo kwibutsa abagore babo konsa kuko ari ingenzi ku bana no ku gihugu...