Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyeshuri Ibihumbi 23 Biga Imyuga n’Ubumenyingiro Batangiye Ibizamini
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyeshuri Ibihumbi 23 Biga Imyuga n’Ubumenyingiro Batangiye Ibizamini

admin
Last updated: 15 July 2021 6:19 pm
admin
Share
SHARE

Abanyeshuri 23.395 biga mu mashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro mu gihugu hose batangiye ibizaminingiro, guhera uyu munsi ku wa 14 Kamena 2021 kugeza ku wa 3 Nyakanga 2021.

Abo banyeshuri batangiye ibizamini ngiro barimo abakandida bigenga 1935.

Ibizamini ku rwego rw’Igihugu byatangirijwe ku Ishuri ry’Imyuga rya Gatenga mu Karere ka Kicukiro n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ikoranabuhanga, Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Claudette Irere.

Yabwiye abanyeshuri ko bagomba gukora ibizamini neza bakabitsinda, kuko arirwo rufunguzo ruzatuma bagaragaza ibyo bashoboye ku isoko ry’umurimo, bityo bakanabasha kugira uruhare mu iterambere ry’Igihugu.

Yanditse kuri Twitter ati “Amahirwe masa ku banyeshuri bacu bose biga imyuga n’ubumenyingiro batangiye ibizamini ngiro (practical exams) uyu munsi!”

Mu batangiye ibizamini abahungu ni 12.568 (57.8%) mu gihe abakobwa ari 10.827 (42.2 %).

Abo banyeshuri bose hamwe bava ku bigo by’amashuri 210, barimo gukorera ibizamini kuri site 149, bakazakora ibizamini 34.

Abiga ubwubatsi barimo gushyira mu ngiro ibyo bize

 

TAGGED:featuredIbizamini
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ab’i Rubavu Bongeye Kwibutswa Uko Bakwirinda ‘Ibyaha’
Next Article Tanzania Iri Ku Gitutu Cy’Ibigo By’Imari Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?