Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare Batatu B’Abarusiya Biciwe Muri Centrafrique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Abasirikare Batatu B’Abarusiya Biciwe Muri Centrafrique

admin
Last updated: 31 May 2021 11:52 am
admin
Share
SHARE

Abasirikare batatu b’u Burusiya n’abapolisi babiri ba Repubulika ya Centrafrique baguye mu gitero, ubwo igisasu cyaturitsaga imodoka barimo mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu.

Umuvugizi wa Guverinoma ya Centrafrique, Ange Maxime Kazagui, yabwiye AFP ko bishwe n’igisasu cyaturikije imodoka yabo ku wa Kane.

Yagize ati “Abasirikare batatu b’Abarusiya n’abapolisi babiri ba Centrafrique barishwe, hari n’abandi benshi bakomeretse.”

Igisasu cyaturikije iyo modoka mu muhanda uhuza ibice bya Berbérati na Bouar, ni muri kilometero nibura 400 uvuye mu murwa mukuru Bangui.

Mu cyumweru gishize kandi imodoka y’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye yakandagiye igisasu mu gace gakoreramo umutwe witwaje intwaro wa 3R, abarimo barakomereka.

Umuyobozi w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique (MINUSCA,) Mankeur Ndiaye, yavuze ko abari muri buriya butumwa bagomba kwitondera ibisasu bigaragara hirya no hino mu gihugu, nk’ikibazo gihangayikishije Repubulika ya Centrafrique.

Ni mu ijambo yavuze ku wa Gatandatu, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’intumwa zirimo kubungabunga amahoro hirya no hino ku isi.

TAGGED:CentrafriquefeaturedU Burusiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Isonga’, Umushinga Wa Ambasade Y’ U Bufaransa Mu Kuzamura Siporo Mu Rwanda
Next Article Amafoto: Abakinnyi B’Amavubi Mu Mwiherero
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?