Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abasirikare Baturuka Mu Bihugu 11 By’Afurika Barangirije Amasomo Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abasirikare Baturuka Mu Bihugu 11 By’Afurika Barangirije Amasomo Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2022 9:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare bakuru 48 baturutse mu bihugu bitandukanye (Senior Command and Staff) baraye bahawe impamyabumenyi nyuma y’amasomo mu bya gisirikare bari bamazemo umwaka. 29 muri ni Abanyarwanda mu ngabo z’u Rwanda, Abapolisi  b’u Rwanda babiri n’abasirikare 17 baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika.

Bavuga ko mu gihe cy’umwaka bari bamaze biga bungutse byinshi birimo no kumenya kuyobora ingabo ku rugamba kandi zikaba ari ingabo zirwanira mu ngeri zitandukanye haba ku butaka, mu mazi cyangwa mu kirere.

Intego yabo bose ngo ni ugukomeza guharanira ko umuturage atekana

Harimo n’abapolisi babiri ba Polisi y’u Rwanda

Amasomo barangije, ari ku rwego rwa Kaminuza ku cyiciro cya gatatu.

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Albert Murasira wari umushyitsi mukuru,  yasabye abasirikare bakuru barangije ariya amasomo mu ishuri rikuru rya Gisirikari, Rwanda Defence Force Command and Staff College riherereye i Nyakinama kuyabyaza umusaruro barushaho gucunga umutekano w’abaturage.

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Albert Murasira wari umushyitsi mukuru

Yabasabye gukomeza gucunga umutekano w’abaturage babyaza umusaruro aya masomo bahawe.

Muri uyu muhango hahembwe abasirikare batatu bitwaye neza kurusha abandi mu byiciro bitandukanye bijyanye by’umutekano.

Umwe mu banyeshuri b’abanyamahanga wahawe iriya mpamyabumenyi witwa Maj Bervyn Gondwe akaba asanzwe ari uwo mu ngabo za Zambia zirwanira mu kirere yavuze ko afite gahunda yo gukomeza kunguka ubumenyi abinyujije ku mubano yagiranye na bagenzi be bamaze umwaka bigana.

Kurangiza ariya amasomo byahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 ishuri rikuru rya Gisirikari, Rwanda Defence Force Command and Staff College rimaze rishinzwe.

TAGGED:AbasirikarefeaturedIngaboIshuriKaminuzaMurasiraRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwamagana: Abarema Isoko Ry’Imbuto Ry’i Gishari Ntibazongera Kunywa Amazi Yanduye
Next Article Kigali : Hari Salon Itunganya Imisatsi Y’Abana GUSA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?