Hagati yo ku Cyumweru no ku wa Mbere taliki 30, Mutarama, 2023 abarwanyi bagabye ibitero muri Burkina Faso byahitanye abantu 28 barimo abasirikare 10 n’abasivili 18....
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose....
Umusirikare uyobora ingabo za DRC zikorera muri gace k’ibikorwa bya gisikare bise Sokola 2 bikorerwa mu gice cy’Amajyepfo witwa Général-major Ramazani Fundi yanenze abasirikare bo mu...
I Kuri uyu wa Gatanu, abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda n’abandi bafite amapeti atandukanye bari bamaze amezi 10 mu myitozo ya gikomando barangije amasomo y’ibanze ‘adasanzwe’...
Ubuyobozi bwa gisirikare bwa M23 bweretse itangazamakuru abasirikare uyu mutwe uvuga ko uherutse gufatira ku rugamba barimo n’ufite ipeti rya Lt Col. Uyu ni Lt Col...