Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatega Imodoka Bazajya Bishyurira Aho Ibagejeje- Minisitiri Gasore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Abatega Imodoka Bazajya Bishyurira Aho Ibagejeje- Minisitiri Gasore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2024 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko mu byumweru bike biri imbere umugenzi azajya yishyura urugendo rwa bisi bitewe n’aho ageze aho kwishyura urugendo rwose rw’aho igarukira.

Izi ngamba ngo zigamije gufasha Abanyarwanda kutaremererwa n’ikiguzi cy’urugendo ubwo Guverinoma izaba yahagaritse “nkunganire” yarihiraga umugenzi.

Umuntu azajya yishyura igiciro kingana n’aho bisi imugejeje

Minisitiri w’ibikorwa remezo Dr. Jimmy Gasore yavuze kandi ko muri Werurwe, 2024 hari izindi bisi 100 zizaba zageze mu Mujyi wa Kigali zisanga izindi nk’izi nazo zahageze muri Mutarama.

Guverinoma ivuga ko ibi byose byakozwe mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kugenda mu Mujyi wa Kigali n’ahandi mu Ntara batekanye, badahenzwe kandi badakererewe.

Hagati aho kandi guhera kuri uyu wa Mbere taliki 12, Gashyantare, 2024 igiciro ku ipompo ya essence cyagabanutseho Frw 2 n’aho icyo kuya mazout cyagabanutseho Frw 3.

Minisitiri Dr. Gasore avuga ko n’ubwo umuntu yakumva ko ayo mafaranga ari make, ariko ngo  ni icyemezo Guverinoma yafashe yirinda ko igiciro cyazamuka.

Yavuze ko hari hagamijwe ko igiciro abantu bamaze amezi abiri bishyura cyaba ari cyo bagumana.

TAGGED:EssencefeaturedGasoreIbiciroIbikorwaremezoMazoutMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiciro Ku Masoko Y’u Rwanda Byagabanutseho 5%-Ibarurishamibare
Next Article Impera Za Gashyantare Nazo Zizagwamo Imvura Nyinshi- Meteo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?