Umunyamakuru wo muri Zimbabwe witabiriye ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Werurwe, 2023 yamubajije intandaro y’Inama y’Umushyikirano. Perezida Kagame yamusubije ko...
Mu kiganiro Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda yahaye itangazamakuru ku byerekeye ubuzima bw’ifaranga buhagaze mu ntangiriro z’umwaka wa 2023, John Rwangombwa yavuze ko imibare yerekana...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kuri uyu wa...
Hagati y’italiki 13 n’italiki 14, Gashyantare, 2023 mu Rwanda hazateranira inama mpuzamahanga izahuza abahinzi b’ikawa baturutse hirya no hino ku isi bakigira hamwe uko kiriya gihingwa...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero...