Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaturage 25,000 Ba DRC Bafashwe Binjiye Muri Angola Mu Buryo Butemewe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaturage 25,000 Ba DRC Bafashwe Binjiye Muri Angola Mu Buryo Butemewe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2022 3:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi bo muri Repubulika ya Angola bavuga ko hari abaturage ba DRC bagera ku 25,000 binjiye muri kiriya gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Binjiriye ku mipaka itandukanye ya Chissanda, Furtuna, Nachiri, Lupemba, Itanda, Nordeste, Furi-3 na Marcos-5.

Hagati aho kandi niko hari n’abandi baturage 11.010 bo muri DRC bahambirijwe bavanwa muri Angola basubizwa iwabo.

AFP yanditse ko hari n’umusore wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo wapfuye mu buryo butunguranye ubwo Polisi ya Angola yashushubikanyaga abaturage ba DRC bari barahungiye yo ngo batahe ku ngufu.

Umupaka munini Polisi ya Angola icunga ni uwitwa Lunda Norte uwo ukaba uri ku burebure bwa Kilometero 770.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Actualité.cd ivuga ko umuyobozi wayo w’iriya Ntara witwa Deolinda Satula Vilarinho avuga ko bagomba gukomeza gucunga ko nta bantu bava muri DRC mu buryo budakurikije amategeko ko bakayinjiriramo.

Avuga ko gushishoza ari ngombwa kubera abantu nk’abo bashobora kuzamwo n’abagizi ba nabi bo mu mitwe y’inyeshyamba.

Abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bari mu bamaze igihe barabuze amahoro.

Intambara zihamaze imyaka irenga 20 zatumye n’amajyambere adindira, bityo bamwe mu batuye iki gihugu bakaba bashaka aho bahungira cyangwa batura bakabona amahoro n’iterambere babuze.

Abagize amahirwe yo kwiga bo bakeneye aho bajya gukorera amafaranga batekanye.

- Advertisement -
TAGGED:AngolaDRCfeaturedImipakaImpunzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Michel Houellebecq ‘Abisilamu’ Bo Mu Bufaransa Barakariye Umwanditsi
Next Article Perezida Kagame Yihanganishije Abo Mu Miryango Ifite Abaguye Ku Rugamba Mu Mwaka Wa 2022
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?