Umusaza Jose Edoaurdo Dos Santos wari urwariye mu bitaro byo muri Espagne amaze kubikwa ko yapfuye. Guverinoma ya Angola niyo yatangarije kuri Facebook ko uriua mukambwe...
Uyu mugabo wayoboye Angola ubu arwariye mu Bitaro biri i Barcelona muri Espagne nk’uko byatangajwe n’umugore we Ana Paula dos Santos. Muri Kanama, Taliki 28, 2022...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano bijyanye na viza kuri Isabel dos Santos ufatwa nk’umugore wa mbere ukize muri Afurika, uyu akaba ari umukobwa wa...
Jose Eduardo Dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola yaraye agarutse mu gihugu cye nyuma y’imyaka itatu atakibamo nyuma yo gukurwa ku butegetsi, akaza no kuvugwaho gukoresha...
Hari umwuka mubi watangiye gututumba hagati ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ishinja Angola gushyira ibinyabutabire mu mazi y’imigezi yisuka mu ruzi rwa Congo( Congo River)....