Mu murwa mukuru wa Vietnam hafatiwe amahembe y’inzovu apima toni 7. Ni amwe mu mahembe menshi afatiwe icyarimwe mu bikorwa bya Polisi y’igihugu icyo ari cyo...
Umufaransa Nicolas de Rivière uyoboye itsinda ryoherejwe muri DRC n’abagize Akanana k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi ngo rirebe uko ibintu byifashe, yasabye aka kanama kongerera...
Nyuma y’uko ibyo gushyira intwaro hasi bikozwe na M23 byanze, amakuru avugwa muri izi mpera z’iki cyumweru ni uko ingabo za Angola zemerewe kujya mu Burasirazuba...
N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na...
Abayobozi bo muri Repubulika ya Angola bavuga ko hari abaturage ba DRC bagera ku 25,000 binjiye muri kiriya gihugu mu buryo butemewe n’amategeko. Binjiriye ku mipaka...