Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatuye Goma Basabwe Kuba Maso Kubera Ikirunga Cya Nyamuragira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abatuye Goma Basabwe Kuba Maso Kubera Ikirunga Cya Nyamuragira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 November 2023 2:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahanga mu by’ibirunga baremeza ko mu nda y’ikirunga cya Nyamuragira hari gutogotera amahindure k’uburyo abagituriye cyane cyane abatuye i Goma basabwa kuryamira amajanja.

Ubukana bw’ayo mahindure bwahawe igipimo cy’ibara ry’Umuhondo, iri rikaba ribanziriza iry’Umutuku ryerekana ko ibintu byakomeye, ko kabaye!

Abahanga bakora mu kigo kitwa  Goma Volcano Observatory (GVO) nibo batanze iyo mpuruza.

Bavuga ko amahindure yo muri iki kirunga yatangiye kwivumbagatanya guhera taliki 04, Ugushyingo, 2023.

Nyamuragira ni ikirunga kiri rwagati mu ruhererekane rw’ibindi birunga bikora ku Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Iki kirunga kiba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho Umujyi wa Goma uherereye ukaba ari nawo murwa mukuru wayo.

Cyaherukaga kuruka mu mwaka wa 2011.

Itangazo ryasohowe n’ikigo kiga ku birunga byo muri DRC n’u Rwanda risaba n’abatuye Intara ya Nyiragogo nabo kuba maso kuko ibya Nyamuragira bishobora kuba bibi cyane isaha iyo ari yo yose.

TAGGED:featuredIkirungaNyamuragiraNyiragongo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamisiri Bishimiye Ibyakorewe Mu Rwanda
Next Article Imirwano Mu Bitaro Bya Nyarugenge
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?