Akarere ka Rubavu kari mu Turere dukunze gusurwa n’abantu bava muri Kigali bagiye kuharuhukira kubera ko ari ahantu habereye ijisho kubera ikiyaga cya Kivu. Hanakoreshwa n’abacuruzi...
Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyagaragaje ko nyuma y’ubugenzuzi cyakoze ku mwuka wo mu karere ka Rubavu cyasanze atari mwiza, nubwo ntaho bihuriye n’Ikirunga cya...
Abaturage b’i Goma bafite ubwoba bw’uko Ikirunga Nyiragongo gishobora kongera kuruka vuba aha. Ubwoba bwabo buraterwa n’uko hashize iminsi bumva imitingito itaremereye cyane ariko ishobora kuba...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyagobotse abacuruzi batanu bo mu Karere ka Rubavu, bagizweho ingaruka n’imitingito y’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo yangije ibicuruzwa byabo. Ni abacuruzi batanu bishyura...
Umunwa w’ikirunga cya Nyiragongo wongeye kugaragaramo amazuku nyuma y’amezi make kirutse kigahitana abantu 32, kikanasenya ibikorwaremezo byinshi haba ku ruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo...