Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayapani Bugarijwe N’Inkubi Ikomeye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abayapani Bugarijwe N’Inkubi Ikomeye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 September 2022 9:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’u Buyapani gishinzwe iteganyagihe cyasabye abatuye Perefegitura ya Kagoshima kuzinga utwangushye bagahunga inkubi y’umuyaga bise Nanmadol itarahabasanga ikabarimbura.

Ubuyapani ni kimwe mu bihugu bikunze kwibasirwa n’ibiza birimo inkubi n’imitingito ihitana benshi.

Hari n’ibindi bihugu by’ibirwa nabyo bikunze kwibasirwa n’ibyo biza birimo Philippines, Indonesia n’ibindi.

Abatuye kiriya gice bahawe integuza kuri uyu wa Gatandatu taliki 17, Nzeri, 2022 babwirwa ko niba badahunze abenshi muri bo kuri iki Cyumweru taliki 18, nzeri bari buhure n’akaga.

Inkubi yiswe Nanmadol iravugwaho kuza kuba ari iyo ikomeye mu zageze mu Buyapani mu myaka irenga 20 ishize.

Ni  umuyaga uza kuba ufite umuvuduko urenga Kilometero 100 mu isaha, ukaza guteza imvura ingana na mililitiro 55 kuri metero kare imwe.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru  gari ya moshi nyinshi zabujijwe  abantu bavanwa aho batuye kugira ngo barindwe akaga.

TAGGED:BuyapanifeaturedInkubi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isi Izagera Kubyo Yiyemeje Mu Kubungabunga Ikirere Ari Uko Ibikubye Gatanu-Gates
Next Article Islamic State Yatangiye Kugaba Ibitero Muri Benin
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?