Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayapani Bugarijwe N’Inkubi Ikomeye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abayapani Bugarijwe N’Inkubi Ikomeye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 September 2022 9:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’u Buyapani gishinzwe iteganyagihe cyasabye abatuye Perefegitura ya Kagoshima kuzinga utwangushye bagahunga inkubi y’umuyaga bise Nanmadol itarahabasanga ikabarimbura.

Ubuyapani ni kimwe mu bihugu bikunze kwibasirwa n’ibiza birimo inkubi n’imitingito ihitana benshi.

Hari n’ibindi bihugu by’ibirwa nabyo bikunze kwibasirwa n’ibyo biza birimo Philippines, Indonesia n’ibindi.

Abatuye kiriya gice bahawe integuza kuri uyu wa Gatandatu taliki 17, Nzeri, 2022 babwirwa ko niba badahunze abenshi muri bo kuri iki Cyumweru taliki 18, nzeri bari buhure n’akaga.

Inkubi yiswe Nanmadol iravugwaho kuza kuba ari iyo ikomeye mu zageze mu Buyapani mu myaka irenga 20 ishize.

Ni  umuyaga uza kuba ufite umuvuduko urenga Kilometero 100 mu isaha, ukaza guteza imvura ingana na mililitiro 55 kuri metero kare imwe.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru  gari ya moshi nyinshi zabujijwe  abantu bavanwa aho batuye kugira ngo barindwe akaga.

TAGGED:BuyapanifeaturedInkubi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isi Izagera Kubyo Yiyemeje Mu Kubungabunga Ikirere Ari Uko Ibikubye Gatanu-Gates
Next Article Islamic State Yatangiye Kugaba Ibitero Muri Benin
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?