Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abihaye Imana Bakoze Umwiherero K’Ubumwe Bw’Abarundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abihaye Imana Bakoze Umwiherero K’Ubumwe Bw’Abarundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2021 12:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahagarariye imiryango ya kidini mu Burundi bahuriye i Bujumbura baganira uko barushaho kuzamura umubano n’ubumwe mu Barundi kandi basaba Imana kubibafashamo.

Iki gikorwa cyateguwe n’ishami ry’Umuryango witwa Ministère africain de la compassion ukorera mu Burundi.

Amadini hafi ya hose ku isi agira uruhare mu guhuza abaturage ariko nanone amateka yerekanye ko hari aho amadini yagiye aba imbarutso y’urwango mu baturage ndetse bakicana.

Abanyapolitiki bazi gushishoza bakora uko bashoboye bakabana neza n’amadini kuko afasha Politiki gushyira abaturage ku murongo, akagabanya imyitwarire ihungabanya umudendezo mu baturage.

U Burundi buri mu bihugu byaranzwe n’amateka y’amacakubiri ashingiye ku moko no ku nyungu za Politiki.

Bisa n’aho ababuyoboye muri iki gihe basanga amadini yagira uruhare mu kongera guhuza abaturage.

Kimwe mu bibyerekana ni uko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye n’umufasha we Angelique Ndayishimiye badasiba Misa.

Abanyamadini bitabiriye ibi biganiro.

N’ubwo amadini asaba abayoboke bayo kwirinda ibyaha mu rwego rwo gushimisha Imana nayo ikazagenera igihembo( kujya mu ijuru cyangwa kuba muri Paradizo), Politiki nayo igasaba abaturage kwirinda ibyaha kugira ngo badafungwa kandi bakabyirinda kugira ngo nabo batekane, byombi( politiki n’amadini) biharanira umutuzo mu bantu.

TAGGED:AmadiniAmokoNdayishimiyePolitiki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuba Kenya Yaranze Gufunga Umupaka Na Tanzania ‘Bigiye Kuyikoraho’
Next Article Ubwoba Kuri Kenya Airways Nyuma Yo Kumva Ko RwandAir ‘Izahabwa Indege 60 Za Qatar Airways’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

You Might Also Like

Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?